Amahanga

Amakuru mashya kuri Ebola irimo yica benshi muri Congo

Umuyobozi mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS/WHO) yatangaje amakuru mashya ateye inkeke ku cyorezo gishya cya Ebola, gikomeje kugarika…

Imirwano yafashe indi ntera hafi ya Rubaya

Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, haramutse imirwano ikomeye hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo za Leta ya Congo…

Sierra Leone yakiriye abimukira birukanywe na Amerika

Abimukira icyenda birukanywe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bageze muri Sierra Leone mu gitondo cyo ku wa 20 Gicurasi…

Ubushinwa bwayabye Amerika gukura ibikangisho kuri Cuba

Ubushinwa bwavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigomba guhagarika “iterabwoba” zikomeje gukorera Cuba nyuma y’uko zishinje uwahoze ari Perezida…

Inkunga America yahaga urwego rw’Ubuzima ku Isi kuba yaragabanutse “ngo byahaye urwaho Ebola”

Itsinda ritanga ubutabazi ry’Abanyamerika ryitwa International Rescue Committee rivuga ko kuba ubutegetsi bwa Donald Trump bwaragabanyije amafaranga Amerika yahaga Ishami…

Perezida Ndayishimiye yirukanye Umusirikare amuziza ikibuti cy’inkwavu

Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yirukanye Lt. Col Eng. Léonidas Nibigira, wari Umuyobozi w'Ikigo cya Leta gishinzwe inyubako (OBUHA) amuziza…

- Advertisement -
Ad image