Amakuru aheruka

Prince Kid nakiranuka n’ibyo aregwa muri America, ashobora kuzoherezwa mu Rwanda

Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda bwatangaje ko buzi amakuru y’uko Umunyarwanda Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid yafatiwe muri Leta Zunze…

Ethiopia na Eritrea birarebana ay’ingwe

Umwuka mubi wa politiki uratutumbe hagati ya Ethiopia na Eritrea nyuma y'uko, ubutegetsi bwa Ethiopia bushinjije ubwa Eritrea ibikorwa byo…

Gloria Bugie yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga

Umunyarwandakazi Gloria Bugie ukorera umuziki muri Uganda, yateje ururondogoro muri icyo gihugu nyuma yo gushyira hanze amashusho y'indirimbo ye ya…

RD Congo: Ibyihebe byishe abantu

Abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bishe abantu 18 muri Teritwari ya Lubero muri…

LONI ihangayikishijwe n’ibibera muri Sudani y’Epfo

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yavuze ko ahangayikishijwe n'ibikorwa by'urugomo bikomeje kubera muri Sudani y’Epfo aho abaturage barenga miliyoni…

Rubavu: Hari gutunganywa “site” z’imiturire zisaga 80

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba buratangaza ko hari gutunganywa "site" zirenga 80 zitezweho kunoza imiturire, gucunga neza ubutaka…

- Advertisement -
Ad image