Menya ibyo abapolisi bakuru bemererwa igihe bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abapolisi 154 barimo ba…
Impaka zishyushye ku kuba Umukobwa w’imyaka 15 yaboneza urubyaro
Umuntu ufite imyaka 15 kuzamura azaba ashobora kujya kwa muganga yijyanye agahabwa…
Muhanga: Abaregwa ibyaha bikomeye bemeye kwishyura asaga miliyoni 150 Frw
Dushimimana Steven, Mugwaneza Gatera Jean Claude na Ukubaho Vivens baregwa ibyaha bikomeye…
Polisi yahaye ubutumwa ‘Abahebyi’ n’abandi bishora mu bucukuzi butemewe
Polisi ku rwego rw'Igihugu no mu Ntara y'Amajyepfo, yihanangirije abishora mu byaha…
Abarundikazi babiri bapfiriye mu nkongi mu Bubiligi
Abarundikazi babiri bapfiriye mu mpanuka y’inkongi y’umuriro yabereye i Buruseli mu Bubiligi.…
Nkore iki? Umugore wange yadukanye ubusinzi bukabije
Bakunzi ba UMUSEKE mbanje kubasuhuza, ndi umugabo wubatse ntuye i Kigali. Mfite…
Abapolisi Bakuru bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abapolisi 154 barimo ba…
Umugabo arakekwaho kwica umugore we amusanze kwa Sebukwe
Nyanza: Umugabo ukomoka mu karere ka Ruhango arakekwaho kwicira umugore we amusanze…
Hagaragajwe uko umuryango wakira ibikomere nuko wakemura amakimbirane hifashishijwe ubugeni
Ababyeyi basobanuriwe uko bakemura amakimbirane nuko bakira ibikomere mu muryango hifashishijwe ubugeni,…
Gatsibo: Imashini ifasha abahinzi bahuje ubutaka kuhira imyaka imaze igihe yarapfuye
Abahinzi bahinga imboga, ibigori n’ibindi bihingwa ku butaka bwahujwe buri ahitwa Ntete,…
Impuguke mu bya gisirikare za Uganda n’iza Congo zasoje inama y’iminsi itatu
Impuguke mu bya gisirikare ku ruhande rwa Congo Kinshasa zagiranye ibiganiro by’iza…
RIB iri gukora iperereza ku mugabo ukekwaho kwica undi bapfa imyumbati
Nyanza: Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwatangiye gukora iperereza ku mugabo ukekwaho kwica…
Nyanza: Gutera umuti wica imibu itera malariya byagabanyije abayirwaraga
Ubuyobozi n'abaturage bo mu karere ka Nyanza bavuga ko gutera umuti wica…
I Burengerazuba : Mu myaka Irindwi imisoro yinjijwe yageze kuri Miliyari zisaga 12 Frw
Ikigo Gishinzwe Imisoro n’Amahoro, Rwanda Revenue Authority, cyatangaje ko Intara y’Iburengerazuba, imisoro…
Intabaza z’abakobwa bagitaka igiciro gihanitse cya COTEX
Bamwe mu bakobwa bo mu bice bitandukanye bavuga ko kugeza ubu igiciro…