Amakuru aheruka

TourDuRwanda 2022: Umunsi wa mbere Umunyarwanda waje hafi ari ku mwanya 25

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 20 Gashyantare 2022, ni bwo hatangiye irushanwa

Amb. Gatete Claver yongeye gushyirwa mu majwi mu rubanza rw’inyereza rya za miliyari

Serubibi Eric wahoze ayobora Ikigo cy'Igihugu cy'Imyubakire (Rwanda Housing Authority) yabwiye Urukiko

Amakipe azakina imikino ya nyuma muri Shampiyona ya Sitball yamenyekanye

Amakipe 10 y’abagabo n’abagore yabonye itike yo gukina imikino ya nyuma muri

Gicumbi: Abaturiye umupaka wa Gatuna begerejwe ibicuruzwa 

Bamwe mu baturage baherereye mu Murenge wa Cyumba ku mupaka wa Gatuna,

Rwamagana: Abantu 7 barimo umugore bakurikiranyweho ubujura bucukura inzu

Polisi ikorera mu Karere ka Rwamagana kuri uyu wa Gatanu tariki ya

Bugesera: Amakipe y’abafite ubumuga ari gukina imikino ya kimwe cya kabiri muri Shampiyona ya Sitball

Amakipe 20 y’abafite ubumuga mu bagabo n’abagore yahuriye mu Karere ka Bugesera

RGB yatesheje agaciro ibyo kweguza Apotre Gitwaza muri Zion Temple

Nyuma y’uko bamwe mu bashumba bavuga ko bafatanyije na Apotre Dr Paul

Huye: Umuhungu wigaga muri UR-Huye bamusanze amanitse mu mugozi yapfuye

Umusore w’imyaka 21 y’amavuko, wigaga mu Ishami rya Kaminuza y’u Rwanda rya

Umugore wa Perezida Macron yamaze kugeza mu nkiko abamusebeje ko yihinduje igitsina

Brigitte Macron, umugore wa Perezida Emmanuel Macron, yamaze kugeza mu nkiko abagore

Nyaruguru: Perezida w’Urukiko rw’Ibanze akurikiranyweho ruswa y’ishimishamubiri ry’igitsina

Perezida w’Urukiko rw’Ibanze rwa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, ukurikiranyweho ibyaha birimo

Musanze: Yatawe muri yombi akekwaho kwiba Moto yiyita umusirikare

Polisi ikorera mu Karere ka Musanze ku bufatanye n’abashinzwe umutekano mu bamotari

Muhanga: Polisi yafashe uwiyitaga umupolisi akarya abantu amafaranga abizeza ‘Permis’

Umugabo w’imyaka 40 y’amavuko ukekwaho kwiyita Umupolisi akambura abantu amafaranga abizeza kuzabaha

Rutsiro: Inkuba yakubise abantu batatu umwe ahasiga ubuzima

Abantu batatu bo mu Karere ka Rutsiro bakubiswe n’inkuba ku mugoroba wo

Stanza yasohoye indirimbo ivuganira abasore babengwa kubera ubukene -VIDEO

Umuhanzi Muvandimwe Mata Gospel ufite izina ry’ubuhanzi rya Stanza Mata yasohoye indirimbo

Ngoma: Imodoka Perezida Kagame yahaye abahinzi yaburiwe irengero

Bamwe mu bahinzi bo mu Murenge wa Sake mu Karere ka Ngoma