Amakuru aheruka

Bizimana Djihad yasabye imbabazi ku ikarita itukura yabonye ati “twarwanaga ku gihugu”

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ukina hagati mu kibuga Bizimana Djihad

OMS yahembye umunyarwanda waje ku isonga mu kurwanya ububi bw’itabi

Umunyarwandakazi Mukantabana Crescence yahawe igihembo n'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye wita ku buzima OMS,

Omah Lay yageze i Kigali aho ategerejwe mu gitaramo kuri uyu wa Gatandatu

Umuhanzi ukomeye muri Nigeria, Omah Lay, yageze mu Rwanda aho aje mu

Imodoka zitwara abagenzi zemerewe gutwara 100%, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri

Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida Kagame yavuguruye ingamba

Mpayimana Philippe wigeze kwiyamamariza kuba Perezida yahawe umwanya muri Minisiteri

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagize Philippe Mpayimana  impuguke nkuru ishinzwe uruhare

Ibitaro bya Nyabikenke byahawe abakozi 8 barimo n’Umuyobozi Mukuru wabyo

Muhanga: Minisiteri y'Ubuzima yashyizeho Umuyobozi Mukuru w' Ibitaro by'Akarere bya Nyabikenke, yohereza

Me Nkundabarashi Moise yatorewe kuyobora urugaga rw’Abavoka, yiha umukoro wo gukemura ibibazo bahura nabyo

Umunyamategeko Me Nkundabarashi Moise yatorewe kuyobora urugaga rw’Abavoka mu Rwanda mu  gihe

Umuraperi BJ Crowd yasohoye indirimbo “Ijabiro” irimo isengesho risaba Imana guhindura ibihe

Umuhanzi Nyarwanda Bizimana Jean Claude ukoresha izina rya BJ Crowd uri mu

Bull Dogg yiyongereye mu bahanzi bazaririmba mu gitaramo cyatumiwemo umunya-Nigeria Rema

Ndayishimiye Malick Bertrand wamamaye mu muziki mu njyana ya Hip Hop nka

RRA yatanze miliyoni 25Frw ku bacuruzi 5 b’i Rubavu bangirijwe n’imitingito

Kuri uyu wa Gatanu nibwo Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyasuye abacuruzi

CSP Kayumba  wayoboye Gereza ya Mageragere yasabiwe gufungwa imyaka 5

CSP Kayumba Innocent wayoboye Gereza ya Nyarugenge izwi nka Mageragere n’abandi bantu

MIGEPROF yashimiye Women for Women Rwanda umusanzu wayo mu guteza imbere abagore

Minisiteri y'Uburinganire n'iterambere ry'umuryango (MIGEPROF) ivuga ko guha ubushobozi umugore ari uburyo

Ndagijimana Juvenal wamenyekanye mu Itorero ry’Igihugu yitabye Imana

Ndagijimana Juvenal, wamenyekanye cyane mu mbyino gakondo akaba yari n’umwuzukuru wa Rukara

Abagabo batanu bafashwe bakekwa kwiba imirasire y’abatishoboye

Polisi ikorera mu Karere ka Ruhango na Gatsibo yafashe abantu Batanu bacyekwaho

Nta munyarwanda ukwiriye kuremererwa no kutagira igihugu kandi kimutegereje- Hon Bamporiki

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'umuco n'urubyiruko, Hon Edouard Bamporiki yahaye urubyiruko