Intara y’Iburasirazuba yinjije miliyari 35.74 Frw y’imisoro mu isanduku ya Leta
Ku rwego rw’Intara y’Iburasirazuba hizihijwe umunsi mukuru w’Abasora bongera gushimirwa umusanzu ukomeye…
EPISODE 24: Imipango ya Superstar yo kubona amafaranga ijemo kirogoya …Arakora iki?
Umwanditsi: NIYONZIMA Eric – A rubay writer “Urazindutse cyane kurusha uko…
Kigali: Barataka ko igiciro cya gaz cyatumbagiye
Bamwe mu bacuruzi ndetse n’abakoresha gaz yo gutekesha umunsi ku wundi barataka…
U Rwanda rwahakanye gufasha M23, “ngo yateye Congo ivuye muri Uganda”
Itangazo ryasohowe n'Ingabo z'u Rwanda rivuga ko RDF itagize uruhare mu gitero…
M23 yasohoye itangazo ku gitero cyayitiriwe iracyamagana
*Ingabo za Leta zivuga ko zasubiranye ibirindiro bya Chanzu zari zambuwe Mu…
Tora NSABIMANA RUREGEYA ku mwanya w’Umujyanama rusange w’Akarere ka Ngoma
NSABIMANA RUREGEYA ni Intore yo Mungeruzabahizi. Ni inzobere mu Iterambere ry'ubukungu n’Imibereho…
Hakizimana Darius ariyamamaza ku mwanya w’Umujyanama rusange mu Karere ka Rubavu
Hakizimana Darius ni umugabo wubatse, afite imyaka 35 y’amavuko, yize Kaminuza, afite…
U Burundi bwashyikirijwe ibikoresho by’uburobyi byafatiwe mu kiyaga cya Rweru
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera ku ruhande rw'u Rwanda nyuma yo kugirana ibiganiro…
Tora Gatete Theophile wiyamamariza kuba Umujyanama rusange mu Karere ka Gicumbi
Gatete Theophile yize Kaminuza mu ishami ry'Ubukungu, afite uburambe bw'imyaka 9 mu…
Muhanga: Inzego z’ubugenzacyaha zasabwe gukora kinyamwuga kuko ariho ubutabera bushingiye
Abakora mu rwego rw'Igihugu rw'ubugenzacyaha mu Rwanda, babwiwe ko gukora kinyamwuga ari…
Emery Bayisenge yasubiye mu ikipe yakiniye muri Bangladesh
Myugariro w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Emery Bayisenge yasubiye mu ikipe ya Saif SC…
Perezida Ndayishimiye yatangiye uruzinduko rw’iminsi 5 muri UAE
Perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi yatangiye uruzinduko rw'iminsi itanu muri Leta zunze…
TORA HABANABAKIZE J. Baptiste ku mwanya w’Umujyanama rusange mu Karere ka Rusizi
HABANABAKIZE Jean Baptiste avuka mu Karere ka Rusizi, afite imyaka 39 y’amavuko,…
Perezida wa Zambia yamaganye ubutinganyi “ngo igihugu cy’Abakiristu ntikizabwemera”
Umukuru w'Igihugu cya Zambia, Hakainde Hichilema avuga ko Leta izatemera ubutinganyi aho…
Birakekwa ko abahoze muri M23 bubuye imirwano, bafashe ibirindiro bya FARDC ahitwa Chanzu
Kuri iki cyumweru tariki ya 08 Ugushyingo 2021 imirwano ikaze yumvikanyemo imbunda…