Imikino

Abanya-Kenya bihariye ibihembo muri Peace Marathon

Muri Marato Mpuzamahanga yitiriwe Amahoro, Kigali International Peace Marathon, abaturuka mu gihugu

Goalball: Hasojwe irushanwa ryo Kwibuka ryakinwaga bwa mbere

Kuri uyu wa Gatandatu, hasojwe irushanwa ryo Kwibuka ku nshuro ya 29

Umukino wo Koga: Ku nshuro ya Mbere hakinwe irushanwa ry’abakuze

Biciye mu kipe ya Mako Sharks Swimming Club ikina umukino wo Koga

Special Olympics: U Rwanda rwahize kuzana imidari ya Zahabu muri shampiyona y’Isi

Mbere y'uko berekeza muri shampiyona y'Isi y'Abafite Ubumuga ku rwego rw'Isi, abahagarariye

Cricket: Icyizere ni cyose ku Banyarwandakazi mu irushanwa ryo Kwibuka

Ikipe y’Igihugu ya Cricket y’Abagore yahize kwegukana Irushanwa ryo Kwibuka ku nshuro

Hatangajwe igihe abakina hanze y’u Rwanda bazagerera mu mwiherero w’Amavubi

Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'Amaguru, Ferwafa, ryatangaje ko umukinnyi wa nyuma mu bahamagawe

Nta gahenge nzaha mukeba ngihari! Juvénal yavuze

Mvukiyehe Juvénal uyobora Kiyovu Company Limited, yahumurije abakunzi ba Kiyovu Sports ndetse

Amavubi yatangiye umwiherero utegura Mozambique [AMAFOTO]

Ikipe y'Igihugu y'umupira w'amaguru, Amavubi, yitegura umukino wo kwishyura na Mozambique mu

Haringingo Francis ayoboye abatoza bari kuri bench

Uwari umutoza mukuru wa AS Kigali, Casa Mbungo André na Haringingo Francis

Shaddy-boo agatima kararehareha kubera amafaranga yemerewe muri Aziya

Umunyamideli Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddy-boo, yagishije inama abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga

Tennis: Abaje muri Billie Jean King basuye Urwibutso rwa Kigali

Nyuma y'iminsi itatu hatangiye irushanwa rya Tennis rya Billie Jean King Cup

Intabaza! Karenzi na Sadate barasaba isubikwa ry’amatora ya Ferwafa

Nyuma ya byinshi bikomeje kuvugwa ku matora ya Komite Nyobozi y'Ishyirahamwe Nyarwanda

Impamvu kandidatire za Gacinya na Murangwa zanzwe

Hamenyekanye impamvu Komisiyo ishinzwe amatora mu Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'amaguru, Ferwafa, yanze

Umuri Foundation yungutse umufatanyabikorwa wo muri Oman

Irerero rya Jimmy Mulisa wungirije mu kipe y'Igihugu y'u Rwanda y'umupira w'amaguru,

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Chairman wa APR FC

Umuyobozi w'ikipe y'Ingabo, Lt Général Mubarakh Muganga, yazamuwe mu ntera n'Umukuru w'Igihugu,