Dième wakiniraga Kiyovu Sports yerekeje i Burayi
Uwari umukinnyi wa Kiyovu Sports ukina hagati mu kibuga, Tuyisenge Hakim uzwi…
Malipangu uri ku isoko ashobora kujya muri Rayon Sports
Nyuma yo gusoza amasezerano muri Gasogi United ndetse agasezera bagenzi be, Umunya-Centrafrique…
Hatangajwe gahunda y’imikino y’ibirarane bya shampiyona
Ubuyobozi bw’Urwego rushinzwe gutegura Shampiyona y’Icyiciro cya mbere y’umupira w’amaguru mu Bagabo…
APR mu ihurizo ryo gukina imikino yegeranye
Ikipe y'Ingabo ikomeje kurwana no gukina imikino myinshi yegeranye, kandi mu gihe…
Cyera kabaye hagiye gukinwa ikirarane cya Rayon na APR
Ubuyobozi bw'Urwego rutegura shampiyona y'icyiciro cya mbere y'umupira w'amaguru mu Bagabo, Rwanda…
Gen. Mubarakh yasabye APR kongera umubare w’ibitego itsinda
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi w’Ikirenga wa APR FC, Gen.…
AS Kigali na Kiyovu Sports zitabiriye CarFreeDay – AMAFOTO
Amakipe aterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali ya AS Kigali na Kiyovu Sports,…
Shampiyona ya U15 yatanze abazahagararira u Rwanda mu marushanwa Nyafurika
Ubwo hasozwaga shampiyona y’Abatarengeje imyaka 15 ikinwa n’ibigo by’amashuri mu Rwanda, ikipe…
Rayon Sports yatsinze Gorilla ishimangira umwanya wa mbere
Mu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona, Rayon Sports yatsinze Gorilla FC…
Police yavuye i Rubavu yemye, Gasogi na Musanze zigwa miswi
Mu mikino y’umunsi wa 10 wa shampiyona, ikipe ya Police FC yatsinze…
Uwayezu Regis yatandukanye na Simba SC
Nyuma y’amezi atanu gusa ari Umuyobozi Mukuru (CEO) muri Simba SC, Uwayezu…
Général yahaye Kiyovu agahimbazamusyi gatubutse
Nyuma yo gushimishwa n'intsinzi y'umukino wa Etincelles FC, uwahoze ayobora Kiyovu Sports,…
Kiyovu Sports yabonye intsinzi ya Kabiri muri shampiyona – AMAFOTO
Igitego cya Mbonyingabo Regis ku munota wa 90+6, cyahesheje Kiyovu Sports intsinzi…
Etincelles yateguje Abayovu kwambukana amanota atatu
Biciye ku mutoza mukuru wa Etincelles FC iterwa inkunga n'Akarere ka Rubavu,…
Fatakumavuta yasabye Gorilla kumuha impano yo gutsinda Rayon
Umuvugizi wa Gorilla FC ufungiwe muri Gereza ya Mageragere, Sengabo Jean Bosco…