Imikino

Dième wakiniraga Kiyovu Sports yerekeje i Burayi

Uwari umukinnyi wa Kiyovu Sports ukina hagati mu kibuga, Tuyisenge Hakim uzwi

Malipangu uri ku isoko ashobora kujya muri Rayon Sports

Nyuma yo gusoza amasezerano muri Gasogi United ndetse agasezera bagenzi be, Umunya-Centrafrique

Hatangajwe gahunda y’imikino y’ibirarane bya shampiyona

Ubuyobozi bw’Urwego rushinzwe gutegura Shampiyona y’Icyiciro cya mbere y’umupira w’amaguru mu Bagabo

APR mu ihurizo ryo gukina imikino yegeranye

Ikipe y'Ingabo ikomeje kurwana no gukina imikino myinshi yegeranye, kandi mu gihe

Cyera kabaye hagiye gukinwa ikirarane cya Rayon na APR

Ubuyobozi bw'Urwego rutegura shampiyona y'icyiciro cya mbere y'umupira w'amaguru mu Bagabo, Rwanda

Gen. Mubarakh yasabye APR kongera umubare w’ibitego itsinda

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi w’Ikirenga wa APR FC, Gen.

AS Kigali na Kiyovu Sports zitabiriye CarFreeDay – AMAFOTO

Amakipe aterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali ya AS Kigali na Kiyovu Sports,

Shampiyona ya U15 yatanze abazahagararira u Rwanda mu marushanwa Nyafurika

Ubwo hasozwaga shampiyona y’Abatarengeje imyaka 15 ikinwa n’ibigo by’amashuri mu Rwanda, ikipe

Rayon Sports yatsinze Gorilla ishimangira umwanya wa mbere

Mu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona, Rayon Sports yatsinze Gorilla FC

Police yavuye i Rubavu yemye, Gasogi na Musanze zigwa miswi

Mu mikino y’umunsi wa 10 wa shampiyona, ikipe ya Police FC yatsinze

Uwayezu Regis yatandukanye na Simba SC

Nyuma y’amezi atanu gusa ari Umuyobozi Mukuru (CEO) muri Simba SC, Uwayezu

Général yahaye Kiyovu agahimbazamusyi gatubutse

Nyuma yo gushimishwa n'intsinzi y'umukino wa Etincelles FC, uwahoze ayobora Kiyovu Sports,

Kiyovu Sports yabonye intsinzi ya Kabiri muri shampiyona – AMAFOTO

Igitego cya Mbonyingabo Regis ku munota wa 90+6, cyahesheje Kiyovu Sports intsinzi

Etincelles yateguje Abayovu kwambukana amanota atatu

Biciye ku mutoza mukuru wa Etincelles FC iterwa inkunga n'Akarere ka Rubavu,

Fatakumavuta yasabye Gorilla kumuha impano yo gutsinda Rayon

Umuvugizi wa Gorilla FC ufungiwe muri Gereza ya Mageragere, Sengabo Jean Bosco