Imikino

Hitezwe iki mu Nteko Rusange ya AS Kigali?

Abanyamuryango ba AS Kigali batumiwe mu Nama y’Inteko Rusange isanzwe Rusange isanzwe y’iyi kipe, iteganyijwe mu mpera z’iki Cyumweru. Iyi…

Kankindi Anne-Lise ntakiri mu Buyobozi bwa AS Kigali

Uwari Visi Perezida wa AS Kigali muri Komite iyobowe na Rindiro Jean Chrysostome, Kankindi Anne-Lise Lida, yamaze kuva muri izo…

UPDATED – Perezida wa FERWAFA arafunzwe (official)

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwemeje amakuru amaze umwanya acaracara ku itabwa muri yombi rya Shema Ngoga Fabrice, Perezida wa FERWAFA.…

U Rwanda rwahawe kwakira CECAFA indi myaka ibiri

Inama y’Ubutegetsi Ishinzwe gutegura amarushanwa ahuza amakipe yitwaye neza mu Karere ka Afurika y’i Burasirazuba no Hagati (CECAFA), yemeje ko…

APR FC ishobora kudakina Super Coupe 2026

Umutoza w’ikipe y’Ingabo, Abderrahim Taleb, yatangaje ko bandikiye Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda, FERWAFA, iyimenyesha ko ititeguye gukina Super Coupe…

Mangwende yabonye ikipe mu Buhinde

Myugariro w'ikipe y'igihugu Amavubi, Imanishimwe Emmanuel yasinyiye ikipe ya Chennaiyin FC yo mu Buhinde nyuma yo gutandukana na AEL Limasol…

- Advertisement -
Ad image