Imyidagaduro

Addy d’Afrique yakoze indirimbo irata ubutwari bw’ababyeyi b’abagore

Umuhanzikazi mu njyana gakondo, Ishimwe Adelaide, ukoresha amazina ya Addy d’Afrique, yasohoye indirimbo yise “Banguka Unyihoreze” irata ubutwari bw’ababyeyi b’abagore,…

Hagiye gutangizwa “Life of Impact” ihuza kuramya Imana n’ubujyanama

Mu gihe abiganjemo urubyiruko bakomeje guhura n’ibibazo by'ingutu bikomoka ku rujijo rw’icyerekezo, hagiye gutangira umushinga "Life of Impact" ugamije kubafasha kwimenya…

Gloria Bugie yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga

Umunyarwandakazi Gloria Bugie ukorera umuziki muri Uganda, yateje ururondogoro muri icyo gihugu nyuma yo gushyira hanze amashusho y'indirimbo ye ya…

Bruce Melodie yahamije kuzengurukana igihugu na The Ben

Umuhanzi Bruce Melodie yahamije ko we na The Ben bagiye kuzenguruka igihugu mu bitaramo byiswe ‘2026 Summer Country Tour’. Ibi…

Lynda Priya yasabwe aranakobwa

Uwankusi Nkusi Lynda, wamamaye nka Lynda Priya muri sinema y’u Rwanda, yasabwe anakobwa na Irenge Christian bari bamaze igihe mu…

Bazongere agiye kugenda Kigali-Nyagatare n’amaguru

Bazongere Rosine, ku wa Kane tariki 12 Gashyantare 2026, aratangira urugendo n’amaguru rw’ibirometero 160, ava mu Mujyi wa Kigali ajya…

- Advertisement -
Ad image