Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yanenze abahata inzoga abana bato

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yanenze abantu bakuru baha inzoga abana bato,

Ruhango: Umugabo yasezeye umugore we amushinja ko yanze kumwitaho mu buriri

Kubwimana Jean wo mu Mudugudu wa Muhororo, Akagari ka Remera mu Murenge

Akarere ka Nyagatare kahize utundi mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2021-2022

Akarere ka Nyagatare ni ko kabaye aka mbere mu kwesa imihigo y’umwaka

Intonganya ziri mu miryango na zo zitera abana kugwingira

Minisitiri w'Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin, yagaragaje uburyo intonganya mu miryango zigira uruhare

Ibibera muri Congo bibangamiye Ubumwe bw’Abanyarwanda-Dr Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. BIZIMANA Jean Damascène yagaragaje ko imvugo

CAF igiye guhemba abarimo Perezida Paul Kagame

Biciye mu butumire bw'Impuzamashyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru ku Mugabane wa Afurika , Umukuru

Macron yakoresheje imvugo iremereye mbere yo kwerekeza i Kinshasa

Perezida w'Ubufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko imirwano iri mu Burasirazuba bwa Congo

RDC: Barasaba ko Guverinoma yananiwe kurinda abaturage yeguzwa

Abanye-Congo biganjemo abo mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru ntibiyumvisha ukuntu Guverinoma ya

U Rwanda rwasabye amahanga kotsa igitutu Congo ikiyambura FDLR

Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rijyanye n’ibimaze iminsi bikorwa ngo ikibazo cy’umutekano

Ibintu bitanu byihariye ku ndangarubuga y’u Rwanda (.RW) n’umusaruro wayo

Hamaze igihe Abaturarwanda bashishikarizwa gukoresha indango y'izina ry'u Rwanda kuri internet nka

Leta yemeye ko imodoka zitwara abantu muri Kigali ari nkeya

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'ibikorwaremezo, Eng. Uwase Patricie, yavuze ko mu

Gen Muhoozi abona M23 nk’abarwanyi bakwirukansa ingabo za Kenya

Umuhungu wa Perezida wa Uganda akaba n'umujyanama we, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje

Kagame yakuriye inzira ku murima Abayobozi bakuru babaho “muri tombola”

*Murashishe abana b'Abanyarwanda barwaye bwaki Perezida Kagame yanenze abayobozi bajya mu bikorwa

Nyaruguru: Uwahoze mu buyobozi bw’Akarere yakatiwe igifungo adahari

Urukiko Rukuru urugereko rwa Nyanza rwakatiye igifungo Uzarazi wari ushinzwe ubuzima icyarimwe

Gisagara: Imodoka yatwaye ubuzima bw’umwarimu

Umwarimu wigishaga mu kigo giherereye mu murenge wa Musha, yapfirie mu mpanuka