INKURU ZO MU NTARA

Muhanga: Hafashwe ingamba zo guhashya amakimbirane mu ngo

Inzego zitandukanye z’Akarere ka Muhanga zabwiye abadepite ko hafashwe ingamba zo gukumira no guhashya amakimbirane yo mu Miryango. Inzego zakoranye…

Abasirikare ba RDF basoje amahugurwa yo guhangana n’iterabwoba

Abasirikare n’abofisiye bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) mu Mutwe w’Ingabo Zidasanzwe (Special Operations Force), basoje  amahugurwa y’ibanze yo guhangana…

Uruganda rwatwaye arenga miliyoni 688 Frw rumaze imyaka 13 rudakora

NGORORERO: Abaturage baratakambira inzego bireba ko uruganda rw’imyumbati, rwuzuye rutwaye 688,300,000 Frw, rumaze imyaka 13 rutarafungura imiryango, rwashakirwa ibindi rukora…

Burera: : Hakenewe inzu 430 mu gukemura ikibazo cy’abadafite aho kuba

Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice, yagarutse ku kibazo gikomeye cy'amazu agera kuri 430 akeneye kubakirwa abatishoboye, asobanura ko umuturage ataba…

Nyamasheke: Mu mirenge haracyari imbogamizi y’imihanda idakoze n’ibiraro byangiritse

Abaturage bo mu mirenge itandukanye bavuga ko babangamiwe n’uko ubuhahirane bwo mu mirenge iwabo bugoranye bitewe n’uko imihanda ibahuza, kimwe…

Musanze: Hari abavidurira imisarane mu miyoboro y’amazi

Bamwe mu batuye mu Mudugudu wa Gashangiro, Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve, babangamiwe bikomeye n’umwanda ukabije n’umunuko w’abahengera…

- Advertisement -
Ad image