INKURU ZO MU NTARA

Byaje gute ngo umugore ashinje Akarere ka Nyanza “kumubuza kuba mu nzu yita iye”?

NYANZA: Umuturage witwa Ntawuyirusha Anastasie wo mu Murenge wa Nyagisozi, Akagari ka Kirambi mu Mudugudu wa Murembe mu Karere ka…

Nyamasheke: Bariyeri yo kwa Bonaventure yiciweho Abatutsi benshi bahungiraga i Shangi

Barasaba kubafasha hakamenyekana aho Abatutsi biciwe kuri bariyeri yo kwa Bonaventure baherereye ngo bashyingurwe mu cyubahiro. Nyamasheke: Abarokotse Jenoside yakorewe…

Umukecuru w’imyaka 82 yaguye mu ziko  atetse

Muhanga: Zaninka Adela w’Imyaka 82 y’amavuko, yagiye guteka mu gikoni, agwa mu ziko arashya kugeza ubwo apfuye. Urupfu rw’uyu mukecuru…

Muhanga: Miliyari 3Frw zashowe mu gukora imihanda ya kaburimbo i Gahogo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko hari miliyari zirenga eshatu z'amafaranga y’u Rwanda zashowe mu gukora imihanda ya Kaburimbo iherereye…

Kamonyi: Bibutse Abatutsi biciwe i Nyarubaka muri Jenoside

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi, abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 n’abahatuye bibutse abatutsi bishwe muri Jenoside barimi abahungu barenga…

Rwiyemezamirimo watakambiye Umuvunyi Mukuru yongeye kumwenyura

Rwiyemezamirimo witwa Ntwari Patrick wambuwe ibirombe n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero, yongeye kubisubizwa  bivuye ku cyemezo cyavuye ku Muvunyi Mukuru. Mu…

- Advertisement -
Ad image