INKURU ZO MU NTARA

Polisi yasabye urubyiruko kugira uruhare rugaragara mu gukumira ibyaha

Muhanga: Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakanguriye urubyiruko by’umwihariko urw’abakorerabushake gukomeza kugira uruhare mu bikorwa byo gukumira ibyaha,…

Abayobozi b’i Rubavu basuye ishuri rya mbere mu gihugu muri gahunda ya ‘school feeding’

i Burengerazuba: Abayobozi bo mu karere ka Rubavu banyuzwe n’umuvuno beretswe n’ab’i Rusizi mu bijyanye no kugaburira abana ku ishuri.…

Kamonyi: Hibutswe abaganga, abarwayi n’abarwaza biciwe kwa muganga

Inzego zitandukanye z'Ubuyobozi bw'Akarere ka Kamonyi zibutse abakozi, abarwayi n'abarwaza biciwe mu Bitaro bya Remera Rukoma, no mu bigo Nderabuzima…

Umugore yakubise ikofi umugabo we amukura iryinyo

Ruhango: Nteziyaremye Ildephonse w’imyaka 60 arashinja umugore we kumukubita ikofi akamukura iryinyo. Ni mu gihe umugore we avuga ko yabitewe…

Irondo ry’abagore ryahabije abajura bibaga ku manywa y’ihangu

KIREHE: Mu bice byinshi by’u Rwanda irondo rikunze gukorwa nijoro n’abagabo, ariko mu Mudugudu wa Kamarashavu ho abagore barikora ku…

Nyanza: Umugabo yagiye gutema amasaka bahamukura yapfuye

Umugabo wo mu murenge wa Nyagisozi mu karere ka Nyanza yagiye gutema amasaka mu gishanga cya Mwogo, baza kuhamukura yapfuye.…

- Advertisement -
Ad image