INKURU ZO MU NTARA

Umusore wacitse inzego z’umutekano basanze yarapfuye

Gisagara: Byukusenge Damien w’imyaka 22 y’amavuko, ukekwaho kwica se witwa Manirahari Jean Marie Vianney, nyuma yo gucika inzego zamuhigaga bukware,…

Imiryango 16 yorojwe inka zihaka

Nyaruguru: Imiryango 16 yo mu karere ka Nyaruguru yorojwe inka, ubuyobozi bwabasabye na bo kuzoroza indi miryango izo nka nizibyara.…

Musanze: Abanyamahanga bakekwaho urugomo batawe muri yombi

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abanyamahanga umunani, mu Karere…

Umwuzukuru arakekwaho kwica nyirakuru w’imyaka 93

Muhanga: Nyirabatutsi Thèrese w'imyaka 93 y'amavuko bikekwa ko yishwe n'umwuzukuru we Ukwizagira Védaste w'imyaka 32 y'amavuko usanzwe afite uburwayi bwo…

Abantu 9 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka

Kamonyi: Impanuka y'imodoka ebyeri zo mu bwoko bwa Minibisi (Minibus) yakomerekeyemo abantu icyenda bavaga i Kigali n'abavaga i Muhanga. Umunyamabanga Nshingwabikorwa…

Umurambo w’umwana wabanaga na Sekuru wasanzwe ku mucanga

Kamonyi: Ubuyobozi bw'Umurenge wa Mugina, buvuga ko bwakiriye amakuru avuga ko hari umurambo w'umwana basanze ku birundo by'umucanga. Inkuru y'urupfu…

- Advertisement -
Ad image