Mu cyaro

Ruhango: Umukecuru yagizwe intere n’abagizi ba nabi

Mukantwari Felecite uri mu kigero cy’imyaka 60 utuye mu Mudugudu wa Kabuga,

Ibibazo by’ubujura, urugomo n’ubucoracora- Ikiganiro na Meya Kambogo

Ikibazo cy’ubujura n’urugomo mu karere ka Rubavu ni kimwe mu bibazo byabaye

Inyamaswa yari yarigize akaraha kajyahe yica inyana mu nzuri za Gishwati yishwe

Hari hashize igihe mu nzuri zituriye Pariki ya Gishwati-Mukura inyamaswa y’inkazi itaramenyekanye

Rwamagana: Abaturage batunguwe no kubona umubyeyi abyarira ku nzira

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana,

Gicumbi: Abiga muri Mukarange TVET bahangayikishijwe no kutagira amacumbi mu kigo

Abanyeshuri basaga 208 biga muri Mukarange TVET School bahangayikishijwe no kuba iri

Abaturage b’i Bushekeri bahize gutanga 100% mu bwisungane mu kwivuza umwaka wa 2022-2023

Nk'uko biri muri politiki y' ubuzima mu Rwanda aho buri munyarwanda agomba

Ruhango: Imvura nyinshi yatwaye imyaka y’abahinzi mu gishanga cya BASE

Abahinzi b'umuceri mu Gishanga cya Base giherereye mu Murenge wa Bweramana mu

Muhanga: Mukakibibi utuye mu nzu igiye kumugwaho yemerewe ubufasha

Mukakibibi Concessa umukecuru w'incike akaba n'umupfakazi avuga ko ahangayikishijwe n'inzu atuyemo, kuko

Gishwati: Ubuyobozi bwahagurukiye ikibazo cy’inyamaswa irya amatungo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bufatanyije n’ubw’Intara ndetse n’inzego z’umutekano bahagurukiye ikibazo cy’inyamaswa

Rusizi: Imiryango 24 yatujwe mu Mudugudu wa Murangi irasaba amashanyarazi

Imiryango 24 muri 32 y’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yatujwe mu

Bugesera: Arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we wasambanyijwe afite ukwezi kumwe

Mugorewishyaka Marithe wo Murenge wa Ruhuha,Akagari ka Gatanga mu Mudugudu wa Nyaburiba

Abo ku Nkombo bashima ko bibohoye kwitwa ‘Abashi” bo muri Congo

Abo mu Murenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi bashima ubutwari bwaranze

Rwamagana: Barasaba ingurane nyuma y’aho aho batuye hagizwe ikirombe cy’amabuye y’agaciro

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Munyinginya ,Akagari ka Cyimbazi mu

Rubavu: Ikamyo yagonze ibitaro bya Gisenyi

Ikamyo nini yari itwaye umucanga yakoze impanuka bikekwako yatewe no kubura feri

Muhanga: Umwana w’imyaka 9 yaguye mu kizenga cy’amazi arapfa

Umwana w’imyaka icyenda y’amavuko wigaga mu mwaka wa Kabiri ku Urwunge rw’Amashuri