Mu cyaro

Abacukura amabuye y’agaciro basabwe kutangiza urugomero rwa Nyabarongo

Inzego zitandukanye zo mu Ntara y'Amajyepfo, zasanze ibikorwa by'ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro n'ubuhinzi

Nyamasheke: Umubyeyi wemeye guha impyiko umwana we urembye yabuze ubushobozi bumugeza mu Buhinde 

NYIRANGAMIJE Brigitte ni umubyeyi w'abana batandatu wo mu murenge wa Kagano mu

Imodoka ya 2 mu mateka yambukijwe mu bwato igera ku kirwa cya Nkombo (Video)

UPDATED: Padiri Nsengumuremyi Silas umuyobozi w'ikigo cy'ishuri GS. Saint Pierre Nkombo yavuze

Ruhango: Abamotari batwaraga ba Gitifu mu ikingira barishyuza arenga Miliyoni 4Frw

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko bugiye kwishyura ba Gitifu b'Utugari Miliyoni

Rusizi: Basabwe kugira ibanga mw’itegurwa ry’ibizamini

İbi babisabwe ubwo umuyobozi w'Akarere ka Rusizi Dr. Kibiriga Anicet yatangizaga ibizamini

Muhanga: Abakora muri Compassion basabwe kwigisha abo bafasha uburyo bwo kwigira

Amatorero aterwa inkunga n'Umushinga Compassion Internationale, yasabwe gutoza abo baha ubufasha uburyo

Rusizi: Umunyeshuri yarohamye mu mashyuza arapfa

Karangwa Elysee w’imyaka 16 wigaga ku Rwunge rw’Amashuri rwa Mashesha rwo mu

Muhanga: Abadepite basabye ko hubakwa urwibutso rumwe rw’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Abadepite bari mu gikorwa cyo gusura Uturere tw'Igihugu, bavuze ko muri buri

Rusizi: Ambulance yagonze Umunyegare ahita apfa

Imbangukiragutabara  yo  ku Bitaro bya Mibirizi yari itwawe na Niyonzima Etienne w’imyaka

IFOTO: Minisitiri na General mu gikorwa cyo kubakira utishoboye

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney ari kumwe na Guverineri

Gakenke: Umugabo bikekwa ko yishe umugore we  arangije na we arimanika 

Mugiraneza Innocent w’imyaka 54  bivugwa ko yishe Nyirambabariye Gauderive w’imyaka 50 arangije

Nyagatare: Bageze he mu guhangana n’ihindagurika ry’ikirere ?-Ikiganiro na Mayor Gasana

Akarere ka Nyagatare ni kamwe mu tugize Intara y’Iburasirazuba, gahana imbibi n’Akarere

Gatsibo: Abagizi ba nabi baranduye imyaka y’umuturage 

Abagizi ba nabi bataramenyekana bagiye mu murima w'umuturage witwa  Singuranayo Vincent bamurandurira 

Nkombo: Barasaba ubuyobozi gukurikirana abatera inda abangavu bagacikira muri Congo

Ababyeyi bo ku kirwa cya Nkombo mu Murenge wa Nkombo mu Karere

Muhanga: Bagiye gushora miliyari 100 yo kubaka uruganda rutunganya Sima

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko  hari umushoramari ugiye gushora miliyari 100