Mu cyaro

Musanze: Ubuharike no gushaka imitungo, bimwe mu biteza umutekano mucye muri Cyuve

Akarere ka Musanze ni kamwe mu turere tugize Intara y’Amajyaruguru, kakaba gafite

Nyanza: Imibiri bikekwa ko ari abishwe muri Jenoside yabonetse mu musarane

Mu Mudugudu wa Taba, mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa Busasamana,

Musanze: Abataramenyekana bicishije icyuma umukecuru banamutwikisha aside

Abantu bataramenyekana binjiye mu rugo rw’umukecuru witwa Nyirabikari Therese w’imyaka 87 ,

Nyanza: Abantu 8 batemera “ubuvuzi bita ubwa Kizungu” batawe muri yombi

Mu Mudugu wa Nyagatovu, mu Kagari ka Kavumu mu Murenge wa Busasamana

Karongi: Umushoferi w’ikamyo yapfiriye mu mpanuka

Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40 yapfiriye mu mpanuka y’imodoka yavaga iKigali

RUBAVU: Abahinzi n’aborozi bagiye kujya bagira uruhare mu igenamigambi

Mu gihe u Rwanda rushyize imbere ko abaturage bagira uruha mu bibakorerwa

Muhanga: Polisi yafashe abagabo bakekwaho guca impombo z’amazi no kwangiza ibidukikije

Polisi y'uRwanda mu Mujyi wa Muhanga yataye muri yombi Nyirishema Emile na

Kamonyi: Abo Covid-19 yabujije kwishyura inguzanyo za VUP  bahawe Frw 400, 000 buri wese

Abaturage 53 babarizwa mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri cy’Ubudehe bo mu

Kamonyi: Abana barenga 2000 bamaze ukwezi barataye ishuri

Ubuyobozi bw'Akarere ka Kamonyi buvuga ko bugiye gusubiza mu ishuri  abana  barenga

Kugira imyumvire yo kutishishanya bizazana amahoro arambye mu biyaga bigali

Abatuye mu bihugu by'Ibiyaga Bigari bavuga ko mu gihe habaho imibanire myiza

Abatuye ikirwa cya Nkombo barasaba gusanurirwa isoko rimaze imyaka 3 amabati yaragurutse

Abaturage batuye Umurenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi bamaze imyaka isaga

Kamonyi: Abantu 151 bafashwe ngo “Baje gusaba Imana ubukire “barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19

Kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Ukuboza 2021,ku bufatanye Polisi y’Igihugu

Nyamagabe: Manager wa SACCO ya Buruhukiro yarashwe n’umusekirite amusanze iwe

Umucungamutungo ku Murenge wa SACCO Buruhukiro mu ijoro ryakeye (ku wa Gatatu

Muhanga: Ba Mudugudu bifuje ko  bajya basobanurirwa icyatumye abakekwaho icyaha barekurwa

Mu bukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ba Mudugudu bashya basabye

Gisagara: Impanuka ikomeye y’imodoka yaguyemo Abaforomokazi babiri

Abaforomokazi babiri bari kumwe n'abandi mu modoka bavuye mu gikorwa cyo gusiramura