Mu cyaro

Ruhango: Mwarimu arashinjwa kwiyita Avoka agatekera umutwe umukecuru

*Ngo yamwambuye Frw 400, 000 avuga ko agiye kumwunganira mu mategeko Urwego

Ruhango: Akarere kisubije  ishuri ryigenga kemera no kwishyura miliyoni 40Frw y’umwenda

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bugiye  gusubirana Ishuri Ryisumbuye rya Tekiniki, (Ecole Technique

Kwibuka 27: Nyamagabe hashyinguwe imibiri 61 y’abatutsi yakuwe ahantu hanyuranye

Mu gihe mu Rwanda hakomeje kwibukwa Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya

Gisagara/Gikore: Hitabazwa imbaraga z’abaturage kugira ngo Ambulance  igeze umurwayi kwa muganga

Amateme n'umuhanda bigana ku Kigo Nderabuzima cya Gikore byarangiritse, hitabajwe ingufu z'abaturage

Ruhango: Umurambo w’umusore wasanzwe hagati y’amatanura aho yakoreraga akazi

Mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki 18 Mata 2021, nibwo mu Karere

Nyabihu: Abantu 62 bafashwe basengera mu buvumo batirinda Covid-19

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyabihu n'Umurenge wa Bigogwe ku

Ubuyobozi bwahumurije abaturage b’i Muyumbu bajujubijwe n’abajura

Rwamagana: Abaturage bo mu Murenge wa Muyumbu mu Karere ka Rwamagana, bahumurijwe

Gicumbi: Umukobwa wigaga mu wa 4 mu mashuri yisumbuye yasanzwe mu giti yapfuye

Mu karere ka Gicumbi mu Murenge wa Bukure haravugwa urupfu rw’umwana w’umukobwa

Nyanza: Abagore n’abakobwa bibumbiye hamwe bafashije Intwaza muri ibi bihe byo Kwibuka

Intwaza zatujwe mu rugo rw'impinganzima mu Kagari ka Mushirarungu mu Murenge wa

Muhanga/Kiyumba: Abarokotse bahangayikishijwe no kutabona amakuru y’aho ababo biciwe

Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, batuye mu Murenge

Amazi ava mu Mujyi wa Rwamagana atwara imyaka y’abaturage mu gishanga cya Cyahafi

Bamwe mu bahinzi  bo mu gishanga cya Cyahafi giherereye mu Murenge wa

Muhanga: Abasore 2 bafashwe bakekwa ko bari mu itsinda ryambura abantu bakanabatema

Inzego z'umutekano ku bufatanye n'irondo ry'umwuga ryafashe abasore 2 bikekwa ko bari

Muhanga/Gifumba: Abantu bataramenyekana batemye insina z’uwarokotse Jenoside

Mu ijoro ryakeye rishyira ku wa Mbere taliki ya 12 Mata 2021,

Karongi : Ababyeyi bavuga ko batunguwe n’umusaruro Abanyeshuli bacyuye

Hashize umwaka urenga umurwayi wa mbere wa Covid-19 agaragaye mu Rwanda uko

Muhanga: Hafashwe umugabo ‘wambura abantu akanabatema’, mu batemwe harimo Gitifu w’Akagari

Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu taliki ya 10 Mata 2021 inzego