Mu cyaro

Rusizi: Abafite ubumuga bahawe amatungo n’igishoro cyo gucuruza

Kuri iki cyumweru tariki ya 3 Ukuboza 2023, u Rwanda rwifatanyije n'Isi

Abanyeshuri ba Wisdom School bafashije abarwariye mu Bitaro bya Ruhengeri

Abanyeshuri n'abarimu bo muri Wisdom School i Musanze, basuye abarwariye mu Bitaro

Nyanza: Umurambo w’umugore wasanzwe mu mugezi

Umugore wari wagiye gusura umuryango we, habonetse umurambo we mu mugezi. Byabereye

Abaturage bateye amabuye kugeza apfuye umugore “bavuga ko yaroze abana babiri”

Rubavu: Abaturage bo bishe uwitwa Mukarukundo Elina w’imyaka 55 bashinjaga kuroga abana

Tora IZABAYO Clementine intumwa nyayo ku mwanya w’umujyanama rusange

Madamu Izabayo Clementine ni umwe mu bakandida 9 bahatanira umwanya w'umujyanama rusange

Abayobozi basabwe gukemura ibibazo bitari mu magambo gusa

Minisitiri w'ubutegetsi bw'Igihugu, Musabyimana Jean Claude yibukije abanyamabanga nshingwabikorwa b'Imirenge,Uturere n'Intara ko

Muri Kaminuza y’u Rwanda habonetse uruhinja rwapfuye

Muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye habonetse uruhinja rwapfuye nyuma yo

Muhanga: Umugabo yahishije Inzu ibirimo birakongoka

Habyarabatuma Slyvain wo mu Mudugudu wa Kabeza, Umurenge wa Shyogwe mu Karere

Nyaruguru: Hatanzwe inkoni yera ku banyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona

Abanyeshuri biga mu ishuri ry'abantu bafite ubumuga bwo kutabona bishimiye inkoni yera

Kamonyi: Abahinzi bongerewe ubumenyi none umusaruro wikubye kabiri

Abahinzi b'imboga n'ibigori mu buryo bwa kijyambere bahuriye muri koperative ya COMALEKA

Nyaruguru: Hakenewe Miliyari 3.5 Frw yo kwagura ingoro ya Bikiramariya

Diyoseze ya Gikongoro ifite mu nshingano ingoro ya Bikiramariya iri i Kibeho

Bugesera: “Niko zubakwa” iracyatsikamira umudendezo mu muryango

Bamwe mu baturage batuye mu Mirenge itandukanye y'Akarere ka Bugesera baravuga ko,

Bugesera: Abatuye ku kirwa cya Sharita barisabira  kwimurwa

Imiryango isaga 70 ituye mu Kirwa cya Sharita kiri mu Murenge wa

Gakenke: Imodoka ya Kaminuza y’u Rwanda yakoze impanuka ihitana abantu 3 

Imodoka ya Kaminuza y'u Rwanda Ishami rya Busogo yavaga i Musanze yerekeza

Muhanga: Barashinja uwari umuyobozi kunyereza amafaranga y’umutekano

Uzabakiriho Théophile wari Umukuru w'Umudugudu wa Kabeza by'agateganyo arakekwaho kunyereza amafaranga y'umutekano