Mu cyaro

Minisitiri Gasana yaburiye abajya muri Congo mu buryo butazwi

Minisitiri w’Umutekano, Gasana Alfred yasabye abatuye mu mirenge ihana imbibi na Repubulika

Imirambo y’abana babiri b’abahungu yatowe muri Nyabarongo 

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga, buvuga ko bwatoraguye imirambo

Musanze: Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi banyuzwe n’iterambere bari kugeraho

Bamwe mu Banyamuryango ba RPF-Inkotanyi bo mu Karere ka Musanze, bavuga ko

Muhanga: Polisi yashyikirije inzu 2 yubakiye abatishoboye

Polisi y'u Rwanda mu Karere ka Muhanga yashyikirije inzu 2 yubakiye  umukecuru

Ishyaka rya Green Party ryatoye abarihagarariye i Nyaruguru

Abarwanashya b'ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party

Umukobwa watinyutse akaba ari umunyonzi i Musanze ifite inzozi ko azagura moto akareka igare

Nyirabashatsimana Jeannette ni ukobwa w'imyaka 20 y'amavuko ukorera umwuga wo gutwara abantu

Rubavu: Abayobozi babiri bahanishijwe kumara amezi atatu badahembwa

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyanzarwe, n'Umuyobozi ushinzwe igenamigambi mu Karere ka Rubavu,

Rusizi: Padiri Kajyibwami Modeste yitabye Imana

Umupadiri witwa Kajyibwami Modeste yitabye Imana, Inkuru y'urupfu rw'uyu mupadiri yamenyekanye kuri

Abayobozi basabwe gukemura ibibazo by’abaturage badategereje Perezida

Amajyaruguru:  Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu Musabyimana Jean Claude yasabye abayobozi batandukanye bo mu

Ngororero: Grenade yaturikanye abana babiri

Igisasu cyo mu bwoko bwa 'Grenade' cyishe umwana w'imyaka 10 y'amavuko, gikomeretsa

Rulindo: Fuso Mitsubishi yarenze umuhanda kubera umuvuduko

Muhirwa Patrick yakomerekeye bikomeye mu mpanuka y’imodoka, Fuso Mitsubishi yarenze umuhunda kubera

Muhanga: Amezi 6 arashize anyagirwa, umukecuru w’imyaka 78 inzu ye yasakawe igice 

Mukakibibi Consessa wo mu Mudugudu wa Nyamitanga mu Kagari ka Kanyinya mu

Kigali-Musanze: Fuso yari itwaye ibicuruzwa yahirimye munsi y’umuhanda

Imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yari ipakiye ibicuruzwa ibivanye i Kigali

Nyanza: Abaturage b’i Gahanda baruhutse kuvoma amazi mabi

Abaturage batuye mu mudugudu wa Gahanda, mu kagari ka Rwesero mu murenge

Ruhango: Batangije umushinga urata ibyiza nyaburanga ukanateza imbere abaturage

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko hari Kampani yitwa 'AZIZE LIFE' yegerejwe