Minisitiri Gasana yaburiye abajya muri Congo mu buryo butazwi
Minisitiri w’Umutekano, Gasana Alfred yasabye abatuye mu mirenge ihana imbibi na Repubulika…
Imirambo y’abana babiri b’abahungu yatowe muri Nyabarongo
Ubuyobozi bw'Umurenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga, buvuga ko bwatoraguye imirambo…
Musanze: Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi banyuzwe n’iterambere bari kugeraho
Bamwe mu Banyamuryango ba RPF-Inkotanyi bo mu Karere ka Musanze, bavuga ko…
Muhanga: Polisi yashyikirije inzu 2 yubakiye abatishoboye
Polisi y'u Rwanda mu Karere ka Muhanga yashyikirije inzu 2 yubakiye umukecuru…
Ishyaka rya Green Party ryatoye abarihagarariye i Nyaruguru
Abarwanashya b'ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party…
Umukobwa watinyutse akaba ari umunyonzi i Musanze ifite inzozi ko azagura moto akareka igare
Nyirabashatsimana Jeannette ni ukobwa w'imyaka 20 y'amavuko ukorera umwuga wo gutwara abantu…
Rubavu: Abayobozi babiri bahanishijwe kumara amezi atatu badahembwa
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyanzarwe, n'Umuyobozi ushinzwe igenamigambi mu Karere ka Rubavu,…
Rusizi: Padiri Kajyibwami Modeste yitabye Imana
Umupadiri witwa Kajyibwami Modeste yitabye Imana, Inkuru y'urupfu rw'uyu mupadiri yamenyekanye kuri…
Abayobozi basabwe gukemura ibibazo by’abaturage badategereje Perezida
Amajyaruguru: Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu Musabyimana Jean Claude yasabye abayobozi batandukanye bo mu…
Ngororero: Grenade yaturikanye abana babiri
Igisasu cyo mu bwoko bwa 'Grenade' cyishe umwana w'imyaka 10 y'amavuko, gikomeretsa…
Rulindo: Fuso Mitsubishi yarenze umuhanda kubera umuvuduko
Muhirwa Patrick yakomerekeye bikomeye mu mpanuka y’imodoka, Fuso Mitsubishi yarenze umuhunda kubera…
Muhanga: Amezi 6 arashize anyagirwa, umukecuru w’imyaka 78 inzu ye yasakawe igice
Mukakibibi Consessa wo mu Mudugudu wa Nyamitanga mu Kagari ka Kanyinya mu…
Kigali-Musanze: Fuso yari itwaye ibicuruzwa yahirimye munsi y’umuhanda
Imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yari ipakiye ibicuruzwa ibivanye i Kigali…
Nyanza: Abaturage b’i Gahanda baruhutse kuvoma amazi mabi
Abaturage batuye mu mudugudu wa Gahanda, mu kagari ka Rwesero mu murenge…
Ruhango: Batangije umushinga urata ibyiza nyaburanga ukanateza imbere abaturage
Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko hari Kampani yitwa 'AZIZE LIFE' yegerejwe…