Ubukungu

Kigali – Babariwe agaciro k’imitungo bamburwa ibyangombwa, ‘barataka igihombo’

*Bavuga ko aho batuye habaye umwanda no mu bihuru Imiryango igera ku 144 yo mu Karere ka Nyarugenge irataka igihombo…

Muhanga: Urubyiruko rwahoze mu mirimo ivunanye rwafunguriwe inzira igana ku bukire

Urubyiruko rwo mu Murenge wa Kabacuzi mu Karere ka Muhanga rwahoze mu mirimo irimo gukora mu birombe by'amabuye y'agaciro ruravuga…

Inyanya zinjiriza u Rwanda miliyari z’amadovize

Ikigo cy'Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry'ibikomoka ku buhinzi n'Ubworozi (NAEB) cyatangaje ko miliyari z'amadovize akomoka ku musaruro…

REG yateguje ibura ry’amashanyarazi mu bice byinshi by’igihugu

Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu (REG) yateguje abafatabuguzi bayo ko, kubera imirimo yo kwagura imwe mu miyoboro yayo, hazabaho ibura…

Kamonyi: Urubyiruko rwahawe ibikoresho by’imyuga nyuma yo kuvanwa mu mirimo mibi

Urubyiruko rwo mu mirenge ya Gacurabwenge na Mugina yo mu Karere ka Kamonyi, rwavanywe mu mirimo mibi ikoreshwa abana rurashimira…

Icyayi n’amata byinjiriza ab’i Nyabihu miliyoni 800 ku kwezi

Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyabihu buvuga ko icyayi gihingwa mu mirenge itandukanye igize ako Karere ndetse n'amata akusanyirizwa muri ako Karere…

- Advertisement -
Ad image