Ubukungu

Miliyoni zirenga 30 Frw zafashije Abayisilamu batishoboye

Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda, RMC, watangaje ko mu kwezi gutagatifu kw’igisibo cya ‘Ramadhan’, wakusanyije Miliyoni 38 Frw zafashijwe abatishoboye. Kuri…

Perezida Kagame yitabiriye inama ivuga ku ikoreshwa rya “nikereyeri”

Ibiro by'Umukuru w'Igihugu byatangaje ko Perezida Paul Kagame ari mu Bufaransa aho yitabiriye inama yiga ku ikoreshwa ry'ingufu za nikereyeri…

Nyabihu: Abikorera basabwe gushyira umuturage ku isonga

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyabihu bwasabye abayobozi bashya batorewe kuyobora Urugaga rw’Abikorera  muri ako Karere (PSF-Nyabihu) kuzashyira umuturage ku isonga ,…

Rusizi – Hari icyuho mu kwitabira gushora imari ahagenewe kubaka inganda

*Komite nshya y’Abikorera yiyemeje kuzamura imyumvire y'abacuruzi Rusizi: Bamwe mu bikorera bavuga ko ubumenyi buke, imyumvire n’ubuhanga ku bijyanye n’inganda…

Muhanga: Komite Nyobozi nshya ya PSF yahawe umukoro

Komite Nyobozi nshya y’Urugaga rw’Abikorera mu Karere ka Muhanga yasabwe gushora imari mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro, mu nganda no mu…

Abaturarwanda bategujwe imvura idasanzwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyateguje Abaturarwanda ko mu kwezi kwa Werurwe 2026 hateganyijwe imvura idasanzwe hirya no hino mu…

- Advertisement -
Ad image