Ubukungu

U Rwanda ruzungukira mu kigega kigamije guteza imbere ingufu ziva ku zuba

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Patricie Uwase avuga ko u

Madamu Jeannette Kagame yagaragaje inyungu ziri mu gufata neza ibidukikije

Madamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, yasabye Abanyarwanda n’abandi bose muri

Amajyepfo: Barasaba ko hongerwa iminsi EXPO imara

Bamwe mu bitabiriye imurikagurisha ryo mu ntara y'Amajyepfo baravuga ko iminsi ryabayeho

Amakimbirane ahora mu ma koperative yavugutiwe umuti

Ubuyobozi bw'Ikigo gishinzwe guteza imbere amakoperative, RCA,  buratangaza ko bugiye gushyiraho Ihuriro

Perezida Nyusi yasuye Abanyarwanda bamurika ibikorwa muri Mozambique

Perezida wa Mozambique  Filipe Nyusi, ari kumwe n’uhagarariye inyungu z’ uRwanda muri

Dr Mukeshimana yatangiye inshingano muri IFAD

Dr Mukeshimana Geraldine wahoze ari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda,kuri uyu wa

Kigali: Bakoresheje TIN number ye atabizi, baranguriraho ibicuruzwa bya miliyoni zirenga 60Frw

Nyandwi Pacifique ukorera ikigo cya Prosperity Venture Entreprise mu Mujyi wa Kigali,

Habaye amavugurura mu modoka zitwara abagenzi

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Eng Uwase Patricie, yahamije ko Urwego

Bayern Munich yishyuwe miliyari 30 Frw yo kwamamaza u Rwanda

Leta y'u Rwanda yasinyanye amasezerano y’ubufatanye hagati yayo n’ikipe ya Bayern Munich

Umunyamakuru Mucyo arakataje mu kubyaza ifaranga ibikomoka ku mpu

Umunyamakuru Mucyo Kevin nyuma yo gucengerwa n'inyigisho zishishikariza urubyiruko kwigira no guteza

Hagaragajwe amahirwe ahishe mu guha akazi abafite ubumuga

Ba rwiyemezamirimo bakoresha abafite ubumuga mu Rwanda bagaragaza ko hakenewe imbaraga n'ubufatanye

Biyemeje gutanga umusanzu wo kurwanya abakoresha  amafaranga mu buriganya

RUBAVU: Abacungamari bakora mu bigo binyuranye bahuguwe ku buryo bwo kurwanya abakoresha

Minisitiri w’ubucuruzi yafunguye imurikagurisha ribera i Huye

Minisitiri w'Ubucuruzi n'inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome yibukije urubyiruko ko rwakwihangira imirimo

Ikigo cyo muri Nigeria kigiye gufasha ba rwiyemezamirimo bo mu Rwanda kubona ibiro

Ikigo cyo muri Nigeria Gisanzwe gifasha abantu kubona aho gukorera no gutunganya

Korea n’u Rwanda byasinye amasezerano, arimo n’inguzanyo ishobora kugera kuri miliyoni 500 z’amadolari

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga wa Korea y'Epfo, Park Jin, yakiriwe mu Biro by'Umukuru