Ubukungu

U Rwanda rwasinyiye inguzanyo ya miliyoni 52$ azafasha gukemura ikibazo cy’amazi i Kigali

U Rwanda na Hongiriya byashyize umukono ku masezerano y’inguzanyo yoroheje ya miliyoni

Bahuguriwe korora inkoko, ariko bategereje inkunga bemerewe na RAB ifatanyije na Enabel

Rwamagana: Aborozi b’inkoko bo mu Murenge wa Nyakaliro mu Karere ka Rwamagana

Intara y’Iburasirazuba yinjije miliyari 35.74 Frw y’imisoro mu isanduku ya Leta

Ku rwego rw’Intara y’Iburasirazuba hizihijwe umunsi mukuru w’Abasora bongera gushimirwa umusanzu ukomeye

Kigali: Barataka ko igiciro cya gaz cyatumbagiye

Bamwe mu bacuruzi ndetse n’abakoresha gaz yo gutekesha umunsi ku wundi barataka

Rutsiro: Abahinzi b’ibinyomoro bahangayikishijwe n’indwara y’amayobera yibasiriye iki gihingwa

Imyaka ibaye ibiri igihingwa cy’ibinyomoro cyibasirwa n’indwara y’amayobera atuma iyo igiti kigejeje

Perezida Kagame yakiriye mu biro bye “inshuti y’u Rwanda” Howard G.Buffet

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri iki Cyumweru tariki ya

Amajyepfo: Abasora barasaba ko hubakwa imihanda yunganira ubahuza na Kigali

Abasora bo mu Ntara y'Amajyepfo, basabye ko hubakwa indi mihanda kuko ubucucike

Intara y’Iburengerazuba yaje ku isonga mu gukusanya imisoro y’imbere mu gihugu

Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Habitegeko Francois avuga ko kudatanga imisoro bimeze nko gutema

Umusaruro mbumbe w’igihugu muri uyu mwaka wiyongereyeho 4,4% – BNR 

Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko muri raporo yo mu mwaka w’ingengo

Dr. Ngirente yasabye amahanga gukemura ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe aho kugica ku ruhande

Ku mugoroba wo ku wa kabiri nibwo abahagarariye ibihugu mu nama ya

BNR yambuye UNIMONI Bureau de Change Ltd ububasha bwo gukorera mu Rwanda

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) kuri uyu wa kabiri tariki ya 2

Karongi/Gitesi: Abaturage baturiye uruganda rw’icyayi rwa Mutangana bishyuriwe Mutuelle

Abasoromyi b’icyayi cyo kwa Mutangana bavuga ko ubuzima bwabo bwahindutse bivuye ku

Ububiligi bwahaye u Rwanda umurage w’indirimbo gakondo n’amajwi bwari bubitse

Kuri uyu wa Kane tariki 28 Ukwakira 2021, Inteko y’Umuco (Rwanda Cultural

Rubavu: Umusore yafatanywe inzoga zihenze zinjiye mu Rwanda zidasorewe

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu gitondo cyo ku wa Kane tariki

Ibigo bya Leta byasabwe kwita ku murage ubitswe mu majwi n’amashusho

Ibigo bitandukanye bya Leta byasabwe kwita no kubungabunga Umurage ubitswe mu majwi