Ubutabera

Nyanza: Barasaba gukurikirana ukekwa kurigisa umubiri w’uwazize Jenoside

Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza buvuga bugiye kwiyambaza Inzego z'ubugenzacyaha kugira ngo zihate

Umunyamakuru Nkundineza yakatiwe gufungwa by’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarungege rwanzuye ko Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul afungwa by’agateganyo

CG Gasana araregwa indonke, Dosiye yashyikirijwe Ubushinjacyaha

Dosiye ya CG (rtd) Emmanuel Gasana wahoze ari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba yamaze

Abavandimwe babiri barakekwaho gufatanya bakica umubyeyi wabo

Nyamasheke: Abasore bababiri bavukana bafungiwe bakurikiranyweho kwica nyina ubabyara witwa Nyirangaruye Daphrose

Urukiko rwanzuye ko abagabo 5 bakekwaho kwica Loîc bafungwa  by’agateganyo

Urukiko rw'ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza rwakatiye abagabo batanu  bakekwaho

Rwanda: Umukozi wo mu rugo yakorewe igikorwa cya kinyamaswa

Mu bitaro bya Masaka harembeye umwana w'umukobwa uri mu kigero cy'imyaka 15

Umurundi wikomerekeje ngo atoherezwa iwabo, byarangiye u Rwanda rumutanze

Urwego rw'Ubugenzacyaha,RIB, rwashyikirije inzego z'umutekano z'u Burundi, Umurundi ukurikiranyweho kwiba arenga miliyoni

RIB ifunze itsinda ry’abayobozi bakekwaho kurigisa amafaranga y’ingurane z’abaturage

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze abayobozi barindwi  (7) bakurikiranyweho kunyereza amafaranga y’ingurane

Uko umugambi wo kwica Loic wari ufite imyaka 12 wateguwe – Abaregwa barabihakana

Urukiko rw'Ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza, rwafashe icyemezo cyo kuburanisha

Munyenyezi Béatrice uregwa Jenoside yemerewe kurega Ubushinjacyaha

Urukiko rufashe iki cyemezo mu gihe Béatrice Munyenyezi n'abunganizi be basabaga Ubushinjacyaha

Dr Kayumba yakatiwe imyaka ibiri y’igifungo gisubitse

Urukiko Rukuru rwahamije Kayumba Christopher icyaha cy’ubwinjiracyaha mu mu gukoresha undi imibonano

Urubunza ruregwamo Apotre Paul Gitwaza rwatangiye

Abashumba 6 bari mu bashinze itorero Zion Temple barasaba urukiko rwisumbuye rwa

Béatrice Munyenyezi arifuza kurega ubushinjacyaha inyandiko mpimbano

Béatrice Munyenyezi woherejwe mu Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika yifuza

Ubushinjacyaha bwasabiye umunyamakuru Nkundineza gufungwa by’agateganyo

Ubushinjacyaha bwasabiye umunyamakuru  Nkundineza Jean Paul gufungwa by’agateganyo ngo kuko ari bwo

Gitifu akurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ruvuga ko rwataye muri yombi Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa