Ubutabera

Polisi yarashe uwo bikekwa ko ari umujura, ngo yashatse kubatema

MUHANGA: Polisi y’u Rwanda yarashe uwo bikekwa ko ari umujura w'insinga z'amashanyarazi

Abahohotererwaga muri Congo bagiye kujya barenganurwa

Kuri uyu wa kane tariki ya 28 Nzeri 2023, hatangijwe umushinga ugamije

Urukiko rwemeje ko Kazungu afungwa by’agateganyo (VIDEO)

Imbaga y’abantu bari benshi ku rukiko no mu mpande zarwo, Kazungu yari

Ruhango: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho kwica Nyina wabo

Umugabo wo mu Karere ka Ruhango akurikiranyweho icyaha cyo kwica Nyina wabo

Nyanza: Umuyobozi w’ishuri arakekwaho kunyereza ibishyimbo

Umuyobozi wa rimwe mu ishuri ryo mu karere ka Nyanza ntari mu

Kazungu mu rukiko ati “icyaha nakoze si icyaha kiri aho ngaho cyoroheje” (VIDEO)

Kuri uyu wa Kane, ku Rukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro, abantu bari benshi

Twagirayezu wakuwe muri Denmark yasabiwe gufungwa burundu

*Wenceslas Twagirayezu arasaba kugirwa umwere Ubushinjacyaha burasabira Twagirayezu Wenceslas woherejwe mu Rwanda

Gakenke: Biruhukije nyuma yo kwegerezwa serivisi za Isange One Stop Center

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gakenke mu Murenge wa Rusasa

Kazungu Denis azaburana ku wa Kane

Kazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha 10 birimo Ubwicanyi buturutse ku bushake, Iyicarubuzo, gukoresha

Kamonyi: Bafatanywe ‘Cash’ bibye umuturage

Abasore babiri bo mu Karere ka Kamonyi, Polisi y'u Rwanda ku bufatanye

Impumuro y’inyama yatamaje umugore wibye ihene y’umuturanyi

Impumuro y'inyama yatamaje umugore wo mu Karere ka Musanze uherutse gucunga ku

Rusizi: Yabyaye umwana amuta ku gasozi aribwa n’imbwa

Umukobwa wo mu Karere ka Rusizi uri mu kigero cy'imyaka 21 yabyaye

Nyarugenge: Abayobozi bashinzwe imyubakire barafunzwe

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwabwiye UMUSEKE ko rwafunze abayobozi bashinzwe imyubakire mu

Hatangijwe umurongo uhuriweho n’inzego zirengera abana

Mu Rwanda hatangijwe uburyo bunoze kandi buhuriweho n'inzego zitandukanye bugamije gukemura no

Abakozi ba APR FC bakurikiranyweho kuroga abakinnyi ba Kiyovu SC

Abasirikare n’abasiviri bakorera ikipe ya APR FC bakaba bashinjwa gushaka kuroga abakinnyi