Ubutabera

Akurikiranyweho ibyaha bitatu- Umunyamakuru Guterman arafunzwe

Umunyamakuru wa Radiyo na Televiziyo mu Mujyi wa Kigali yatawe muri yombi

Bamporiki wahoze ari Minisitiri yasabiwe gufungwa imyaka 20

Ubushinjacyaha bwasabiye Bamporiki Edouard wahoze ari umunyamabanga wa leta ushinzwe umuco igihano

Dr. Rutunga “yazanye abajandarume muri ISAR bataje kwica” – Urubanza

Abunganizi mu mategeko ba Dr. Rutunga Venant bavuze ko inama yabaye yanzuye

Nyamvumba Robert yasoje igihano cye cy’amezi 30 muri Gereza

Nyamvumba Robert, Umuvandimwe wa Gen. Patrick Nyamvumba kuri ubu ari mu buzima

Dr Kayumba yabwiwe ko urubanza rwe ruzabera i Mageragere, arabyanga

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwasubitse urubanza rwa Dr Kayumba ukurikiranyweho ibyaha birimo

Edouard Bamporiki yagize ikibazo cya ‘Avocat’ utageze ku Rukiko

Bamporiki Edouard uumaze igihe yitaba Ubushinjacyaya, uyu munsi yari kuburana ariko Avacat

Twagiramungu azajyanwa i Nyamagabe aho bivugwa ko yakoreye ibyaha bya Jenoside

*Hari umutangabuhamya wakuwe ku rutonde rw'abari kuvuga muri uru rubanza Urugereko rwihariye

Ubushinjacyaha bwasabiye Ndimbati gufungwa imyaka 25

Uwihoreye Jean Bosco benshi bazi nka Ndimbati, kuri uyu wa 13 Nzeri

Umukozi wo mu rugo yafatanywe Frw 800,000 yatwaye sebuja i Kigali

Polisi y'u Rwanda yatangaje ko yagaruje amafaranga arenga miliyoni imwe n'ibihumbi ijana

Ngoma: Yafatanywe amafaranga 246,000 y’amiganano

Polisi y' u Rwanda (RNP) mu Karere ka Ngoma, yafashe uwitwa Mutabazi

Gisagara: Umukobwa afunzwe akekwaho gusambanya umwana

Umukobwa w'imyaka 20 wo mu Mudugudu wa Rurenge, Akagari ka Kibu, Umurenge

Abari bahishe urumogi mu mifuka ya sima ntibyabahiriye

Rusizi: Abantu batatu bafatanywe ibiro 22 by’urumogi barutwaye mu modoka ipakiye isima.

U Rwanda rweretse Afurika intambwe yatewe mu gukoresha internet

U Rwanda rweretse ibihugu bya Afurika ko hamaze guterwa intambwe ikomeye mu

Nyagatare: Arakekwaho kwica nyirabukwe

Mukandayisenga Pascasie wo mu Murenge Nyagatare mu Karere ka Nyagatare yishwe atewe

RIB yemeje ko umunyarwenya Nyaxo afunzwe

Umunyarwenya Kanyabugande Olivier , uzwi nka Nyaxo yatawe muri yombi n’inzego zishinzwe