Ubuzima

Ibitaro bya Kibungo byungutse inyubako yakira indembe na serivisi yo kubaga

Ibitaro Bikuru bya Kibungo biri kwigisha inzobere mu buvuzi byashyikirijwe inyubako nshya y’indembe (ICU) n’inzu y’ibagiro irimo ibikoresho bigezweho, bikaba…

Ababyeyi batita ku isuku yo mu kanwa y’abana bagawe

Tariki ya 20 Werurwe, Isi yizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’indwara zo mu kanwa, muri uyu mwaka wa 2026, uyu munsi wahawe…

Kabgayi: Abarwayi bagaragaje agahinda baterwa n’abo mu miryango yabo

Bamwe mu barwayi bo mu Bitaro bya Kabgayi bagaragaje akababaro baterwa n’imiryango yabo yabatereranye, bagashimira ubuyobozi bw’Ibitaro bubitaho. Aka kababaro…

MINISANTE yatanze icyizere mu gukemura ikibazo cy’abaganga bake mu mavuriro

Rusizi - Ubwo muri Kaminuza ya Kibogora Polytechnic ishami rya  Rusizi, hizihizwaga imyaka 40 ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku bana…

Ishimwe ry’abarwayi b’impyiko basigaye bivuriza kuri Mituweli

Abarwayi b’impyiko mu Rwanda barishimira ko ubwisungane mu kwivuza buzwi nka mituweli bwaborohereje kubona serivisi zo kuyungurura amaraso (dialyse) no…

Urubyiruko rurasaba amakuru ku itegeko rishya ry’ubuvuzi

Urubyiruko rurasaba amakuru yimbitse ku Itegeko rishya rigenga serivisi z’ubuvuzi, ririmo ingingo yemerera abana bafite imyaka 15 kubona serivisi batari…

- Advertisement -
Ad image