Uncategorized

Police FC yinjije bane barimo Pitchou

Ubuyobozi bwa Police FC, bwatangaje ko iyi kipe yasinyishije abakinnyi bane barimo Nshimirimana Ismaël ‘Pitchou.’ Ni amakuru yatangajwe biciye kuri…

Amerika yavuye burundu mu Ishami rya Loni ryita ku buzima

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zavuye burundu mu Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Buzima (WHO), ku mpamvu zirimo…

Aborozi babwiye Abasenateri ko ibiryo by’amatungo bibahenda

Muhanga: Mu rugendo itsinda ry’Abasenateri bakoreye mu Karere ka Muhanga, babwiwe n’aborozi ko ibiciro by’ibiryo by’amatungo ku isoko bibahenda. Bamwe…

Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye zasuye u Rwanda

Intumwa z’Umuryango w’Ingabo zihora ziteguye gutabara mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (EASF), zasuye u Rwanda mu ruzinduko rugamije kugenzura ibikoresho…

RDC: Lumumba wasize izina mu Gikombe cya Afurika yahembwe imodoka

Nyuma yo kugaragara Afana ikipe y’igihugu cye ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, mu Gikombe cya Afurika 2025 giheruka…

Rayon Sports yemeje ko yatandukanye na Haruna Ferouz

Nyuma yo kubanza gushaka ibyasabwaga byose birimo imishahara ye y’amezi abiri y’imperekeza, Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwemeje ko iyi kipe…

- Advertisement -
Ad image