Uncategorized

Rayon Sports yatangaje umutoza mushya

Ubuyobozi bwa Rayon Sports, bwatangaje ko Bruno Ferry ari we mutoza mukuru wa yo, nyuma yo gutandukana na Afhamia Lotfi…

Tshisekedi yimwe uruvugiro mu nama ya SADC

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yangiwe kuvuga ubwo Abakuru b’ibihugu byo mu muryango w’Akarere ka Afurika…

Uko ‘KaBoy’ yageze mu Inyemera yamufunguriye indi miryango

N’ubwo akina muri Tanzania nk’uwabigize umwuga, rutahizamu, Mukandayisenga Jeannine ‘KaBoy’ yafunguriwe imiryango na Inyemera WFC yakoze izina rye kuva akiri…

Abatunganya imisatsi n’ubwiza bakanguriwe kwizigamira muri EjoHeza

Abakora umwuga wo gutunganya imisatsi n’ubwiza ndetse n’ibindi bijyanye na salon de coiffure mu Rwanda bakanguriwe kwimakaza umuco wo kwizigamira…

Ingabo za AFC/ M23 zatangiye kuva muri Uvira

Abarwanyi b'Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) batangiye kuva mu mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nk'uko byari biherutse…

Abangavu baterwa inda biyongereyeho 3%

Ubushakashatsi bwa 7 ku mibereho n’ubuzima mu Rwanda (DHS7) bwerekanye ko abangavu bari hagati y’imyaka 15 na 19 baterwa inda…

- Advertisement -
Ad image