Buri mwarimu turifuza ko agira Mudasobwa ye – Min Twagirayezu

Nyamasheke: Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri Abanza n’Ayisumbuye muri Minisiteri y’Uburezi, mu ruzinduko rwe mu Karere ka Nyamasheke ku wa Kabiri w’iki Cyumweru yavuze ko ikifuzo ari uko Umwarimu wese agira mudasobwa ye, ubumenyi imwunguye akabusangiza abanyeshuri. Uruzinduko rw’uyu Muyobozi ruri muri gahunda ya Minisiteri yo kugenzura ibibazo binyuranye biri mu Burezi nyuma y’itangira ry’Igihembwe […]