HABIMANA Sadi

1363 Articles

Inyemera WFC ikomeje kuyobora shampiyona y’Abagore

Nyuma y’umunsi wa Gatatu wa shampiyona y’Abagore y’Icyiciro cya Mbere, ikipe ya Rayon Sports Women Football na AS Kigali Women…

Forever WFC iracyayoboye! Ibyaranze shampiyona y’Abagore y’Icyiciro cya Kabiri

Umunsi wa Kabiri wa shampiyona y’Abagore y’Icyiciro cya Kabiri, wasize ikipe ya Forever Women Football Club ikomeje kuyobora itsinda rya…

U Rwanda rwihariye ibihembo muri Mako Sharks Swimming League

Amakipe yari ahagarariye u Rwanda mu irushanwa ryo Koga ryateguwe n’ikipe ya Mako Sharks Swimming Club, ryiswe ‘Mako Sharks Swimming…

Leta y’u Rwanda yemeje amasezerano yo kwakira igikombe cy’Isi cy’Abavetera

Leta y'u Rwanda yemeje amazerano y'ubufatanye hagati ya yo na EasyGroup EXP, yemerera u Rwanda kwakira irushanwa ry’igikombe cy’isi cy’abahoze…

Shampiyona y’u Rwanda yungutse undi mufatanyabikorwa

N’ubwo bitaratangazwa ku mugaragaro, shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda y’umupira w’amaguru mu bagabo, yamaze kumvikana n’umufatanyabikorwa witwa Gorilla-Games. Kuva…

Pep yabuze ayo acira n’ayo amira kuri Ballon d’Or

Umunya-Espane, Pep Guardiola akaba umutoza wa Manchester City mu Bwongereza yabuze uruhande ahengamiraho kuri Ballon d'Or ihanganiwe na Erling Haaland…

Police yafatiranye Kiyovu mu bibazo yifitiye

Ikipe y’Igipolisi cy’u Rwanda y’umupira w’amaguru, Police FC, yungukiye mu bibazo bya Kiyovu Sports iyitsinda ibitego 3-1 mu mukino w’umunsi…

Espoir yerekanye abakinnyi 18 izifashisha muri shampiyona

Ubuyobozi bw’ikipe ya Espoir FC ikina mu Cyiciro cya Kabiri, bwerekanye abakinnyi 18 izifashisha biganjemo abakinaga mu Cyiciro cya Mbere.…

Karim Benzema yasabiwe kwamburwa ubwenegihugu bw’u Bufaransa

Umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y'u Bufaransa, yasabye ko Karim Mostafa Benzema yamburwa Ubwenegihugu bw'u Bufaransa nyuma yo kugaragaza ko…

Ntituryama! Perezida wa Kiyovu Sports yahumurije abakinnyi

Umuyobozi w’Umuryango wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis uzwi nka Général, yahumurije abakinnyi b’iyi kipe abizeza ko baticaye ubusa.…