Ange Eric Hatangimana

1093 Articles

Umugabo yarasiwe hafi y’urugo rwa Perezida Donald Trump

Umugabo witwaje intwaro yarasiwe muri metero nke z'ahantu hafatwa nko kuvogera urugo rwa Perezida Donald Trump ahitwa Mar-a-Lago muri leta…

Tour du Rwanda: Abantu babiri bishwe n’impanuka y’imodoka

Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda, bwatangaje ko abantu babiri baguye mu mpanuka y’imodoka zibanza imbere y’amagare, abandi batandatu barakomereka. Kuri…

Uwahoze ari Umupolisi Mukuru mu Rwanda yagwiriwe n’urukuta

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko ibiza byatewe n’imvura yaguye kuri iki Cyumweru tariki ya 22…

Ndayishimiye yirukanye Umupolisi Mukuru amuziza umuceri

Perezida Ndayishimiye Evariste yirukanye muri Polisi Coloneli Gérard NIJIMBERE amushinja kurya umuceri ugenewe begenzi be ashinzwe. Itangazo ryasinyweho na Perezida…

Umusore wari gusaba, agakwa yakoze impanuka ari mu nzira

Kigali: Umusore wari mu nzira ajya Kamonyi mu bukwe bwe yakoze impanuka, amakuru avuga ko atarabasha kuzanzamuka. Urupapuro "invitation" rugaragaza…

Umugore wagaragaye akubita umugabo inshyi zo mu matwi akomeje kwibazwaho

Ni video y'umwanya muto (amasegonda 25) ariko y'ubukana bukomeye mu muryango nyarwanda ukunze kuvugwamo ihohotera rikorerwa abagore, n'irikorerwa abagabo ariko…

Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda zasoje ibiganiro bimaze iminsi itatu

Inama ya karindwi y’Abayobozi b’Ingabo z' u Rwanda n'iza Uganda bakorera ku mipaka ihuza ibihugu byombi, yasojwe uyu munsi nyuma…

Komiseri ushinzwe inkunga muri EU yakiriwe ku murwa mukuru wa Kivu ya Ruguru

Hadja Lahbib, Komiseri ushinzwe gukemura ibibazo, n'inkunga mu Muryango w'Ubumwe bw'Uburayi yahuye n'abayobozi ba AFC/M23 nk'uko yahuye n'abakuru b'ibihugu byo…

Inkuru y’umugabo wafatiye mugenzi we “hejuru y’umugore we” yarangiye nabi

Rubavu: Umugabo witwa Ntakirutimana aravugwaho gukubita no gukomeretsa umugabo yasanze aryamanye n'umugore we, ubuyobozi bugasaba abaturage kwirinda kwihanira. Abaturage baganiriye…

Urubanza rwa Barafinda n’abareganwa na we rwashyizwe mu muhezo

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko iburanisha ry’urubanza ruregwamo Barafinda Sekikubo Fred, rushyirwa mu muhezo, Barafinda we yasabaga ko rwabera…