Ibihugu bya Africa byagaragaje ko byinshi bidashyigikiye intambara Uburusiya bwasoje kuri Ukraine ubu ikaba imaze umwaka wose. Africa ifite ibitekerezo…
Imikino igeze muri 1/8 cy’irangiza mu irushanwa rya Europa League, Manchester United izasubira muri Espagne nyuma yo gukuramo Barcelona, naho…
Béatrice Munyenyezi woherejwe na USA yagaragaje kwihana Perezida w'inteko imuburanisha avuga ko nta butabera yizeye kubona. Perezida w'inteko iburanisha urubanza…
Amakuru aremeza ko umutwe wa M23 ugenzura imisozi ya Kibarizo, nyuma y’imirwano imaze icyumweru mu nkengero za Sake. Umutwe wa…
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky ni we watangaje kuri Twitter ko yishimiye kuvugana bwa mbere na Perezida wa Uganda. Yanditse…
Umukandida mu matora yo kujya muri Sena y'Akarere k'iwabo muri Leta ya Enugu, ku wa Gatatu yishwe n’abantu bamurashe, n’abo…
Urukiko rw’Ikirenga rwahanishije umunyenganda Mironko Francois Xavier igifungo cy’imyaka ibiri, harimo umwaka n’amezi icyenda bisubitse. Bivuze ko Mironko afungwa amezi…
Umunyeshuri wiga mu mashuri yisumbuye yateye icyuma umwarimu ukomoka muri Espagne/Spain wigishaga mu gace ka Saint-Jean-de-Luz mu Bufaransa. Umuvugizi wa…
Mu masaha ya kare kuri uyu wa Gatatu, imirwano hagati y’ingabo za Leta ya Congo, FARDC n’umutwe wa M23 yakomeje…
UPDATED: 19h25 Umujyanama w’uyu muhanzi Jowest yabwiye RadioTV 10 ko Urukiko rwategetse ko uyu muhanzi afungurwa, ndetse ubu yamaze no…
Sign in to your account