Ange Eric Hatangimana

1040 Articles

Urukiko rwategetse umukobwa kwishyura impozamarira umusore yababaje

Urukiko rwo muri Uganda, rwanzuye ko umukobwa yishyura impozamarira umusore bari bemeranyije kubana akaza kumubenga, iyo mpozamarira ijyanye n’agahinda yamuteye.…

Mu magambo y’Ikinyarwanda Minisitiri wo muri Togo yahaye ubutumwa Abanyarwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Togo, Robert Dussey, yanditse ubutumwa mu Kinyarwanda cyiza  agaragaza uburyo yakiriwe anashima imiyoborere ya Perezida, Paul…

Polisi y’u Rwanda yagiranye amasezerano na Kaminuza yo muri America

Polisi y'u Rwanda yasinye amasezerano y'ubufatanye mu by’uburezi n'ubushakashatsi na Kaminuza ya Kent State yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. …

UPDATE: M23 yafashe Kitshanga, ingabo za Congo “ngo ntizarwanira ahari abaturage”

Amashusho agaragaza M23 yinjiye mu gace ka Kitshanga ndetse abarwanyi bayo bivuga ibigwi, ko birukanye umwanzi. Amashusho kandi aharagaza abarwanyi…

“Uko bazaza niko bazakirwa”, Minisitiri Biruta avuga igihe Congo yatera u Rwanda

*Fazil Harerimana "ngo yari kwishima iyo indege ya Congo iraswa ikagwa hasi" Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta…

MONUSCO yasabye inyeshyamba za M23 guhita zihagarika imirwano

Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu Burasirazuba bwa Congo zatangaje ko zihangayikishijwe n’imirwano mishya, umutwe wa M23 uhanganyemo n’ingabo za Congo.…

 Impinduka zitezwe ku murimo mu isi nshya y’ikoranabuhanga, ibyorezo n’imihindagurikire y’ibihe

Inyandiko yanditswe na: NDWANIYE Yvan Mu bihe turimo no mu bihe byashize hari uburyo dusanzwe tuzi umurimo ukorwamo, ibisabwa kugira…

DRC: Imirwano yabereye ku muhanda mukuru wa Goma – Kitshanga

Ni umunsi wa kabiri imirwano mishya igiye kumara muri Congo nyuma y’uko ibiganiro byari guhuza intumwa z’u Rwanda n’iz’iki gihugu…

Rubavu: Abashumba bari guhabwa amakarita y’akazi abaranga

Ubuyobozi mu Karere ka Rubavu bwafashe umwanzuro wo gukorera amakarita y’akazi abashumba baragira inka, mu rwego rwo guca urugomo. Hashize…

Ukraine igiye guhabwa ibimodoka bishya by’intambara birimo ibyitwa “Ingwe”

Nyuma y’igihe America n’Ubudage bijijinganya ku guha Ukraine ibifaru, ibi bihugu byamaze gufata icyemezo cya nyuma kuri iyi ngingo. Byitezwe…