Ange Eric Hatangimana

1093 Articles

Imyanzuro mikuru y’inama y’Abakuru b’Ibihugu bya EAC i Bujumbura

Mu nama y’Abakuru b’ibihugu yabereye i Bujumbura yiga ku mahoro arambye muri Congo, hanzuwe ko ibihugu byemeye kohereza ingabo bibikora…

UPDATE: Perezida Kagame na Tshisekedi bitabiriye inama y’i Bujumbura

UPDATED: Perezida wa Congo Kinshasa, Antoine Felisx Tshisekedi na we yageze i Bujumbura mu nama y'Abakuru b'Ibihugu bya EAC, yiga…

Abakuru b’Ibihugu by’Africa y’Iburasirazuba bafite inama idasanzwe i Bujumbura

Kuri uyu wa Gatandatu, i Bujumbura hategerejwe inama idasanzwe y'Abakuru b'Ibihugu by'Akarere, iziga ku bibazo biri muri Congo. Umuryango w'Ibihugu…

Itangazo rya Guverinoma ku rupfu rw’abantu 11 bishwe n’ubwanikiro bw’ibigori

Guverinoma y'u Rwanda yifatanyije n'imiryango y'abantu 11 bishwe n'impanuka y'ubwanikiro bw'ibigori bwabagwiriye, mu Karere ka Gasabo. Itangazo rivuga ko nyuma…

Umukecuru wandikiye Perezida akarengane ke, yaburaniye i Nyanza aregwa inyandiko za Gacaca

Urugereko rw’Urukiko Rukuru rukurikirana ibyaha ndengamipaka rwaburanishije urubanza rw’ubujurire, Ubushinjacyaha buregamo umukecuru witwa Nkundabanyanga Eugenie, rufitanye isano n'inyandiko zo mu…

Rwanda: Umwana uregwa gucuruza urumogi akatiwe igihano gisubitse

UPDATE: Nyuma y'igihe umwana w'imyaka (14) afashwe agafungwa, Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza rwe mu muhezo, rumukatiye imyaka ibiri isubitse…

Amabanga ku rupfu rw’umugenzi wateze Volcano Express imusiga nzira

Tekereza kuba uri umunyeshuri wavuganye n’umubyeyi wawe, akubwira ko ahagurutse i Nyanza aje kugusura, nyuma wajya kubaza sosiyete yamutwaye, bakaguha…