Ange Eric Hatangimana

1040 Articles

Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda ari muri Pologne

Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda n’intuma ayoboye bari mu ruzinduko rw’akazi muri Poland/Pologne kuva ku wa Kabiri. Gen Jean Bosco…

Babiri mu batangabuhamya bavuze ko batazi Dr. Rutunga woherejwe n’Ubuholandi

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu Majyepfo y'u Rwanda rwumvise abatangabuhamya mu rubanza ruregwamo…

Perezida Kagame yasabye ko imisoro y’umurengera ku Banyarwanda igabanywa

Perezida Paul Kagame yasabye ko Abanyarwanda baroherezwa ku misoro ibaremereye, kuko ngo ni ikibazo agenda yumva kandi kidakemuka. Ibi yabigarutseho…

Ubutumwa bwa Perezida Kagame ku bana bakoze impanuka

Perezida Paul Kagame uyoboye umuhango wo kurahiza Perezida wa Sena mushya, yifurije abana bakoze impanuka mu gitondo cyo kuri uyu…

Kigali – Imodoka itwara abana biga kuri Path to Success yakoze impanuka

Mu masaha ya mugitondo, mu Karere ka Kicukiro, ku i Rebero mu Mujyi wa Kigali habereye impanuka ya bisi itwara…

Rubavu: Umugabo ukekwaho kwica mushiki we yarashwe “ashaka gutoroka”

Umugabo w’imyaka 45 wari ukurikiranyweho kwica mushiki we mu Karere ka Rubavu, yarashwe n’inzego z’umutekano ubwo yageragezaga gutoroka. Uyu mugabo…

Bafunzwe kubera gusakaza amashusho ya Perezida Salva Kiir yinyarira mu ruhame

Abanyamakuru batandatu bo muri Sudan y’Epfo batawe muri yombi nyuma y’amashusho y’Umukuru wa kiriya gihugu agaragara yinyarira mu ruhame. Aya…

M23 yavuye mu kigo cya gisirikare kinini yari imaze igihe igenzura

Inyeshyamba za M23 zikomeje kubahiriza imyanzuro yafatiwe mu biganiro by'i Luanda bigamije gukemura mu mahoro ibibazo by Congo, kuri uyu…