Ange Eric Hatangimana

1093 Articles

Nyanza: Umuturage arishyuza Umurenge inka ye yibwe ikabagwa, ubuyobozi bukayitwika

Umuturage avuga ko yibwe inka, abayibye bakayibaga bakayijugunya nyuma ubuyobozi bw'Umurenge bugategeka ko itwikwa, ngo uwamwibye arahari ntiyakurikiranwe. Kabandana Venuste…

UPDATE: Igitero ku butaka bwa Israel cyaguyemo abantu 7

Abantu 7 byemejwe ko bishwe mu gitero cyabereye ku rusengero mu Burasirazuba bwa Jerusalem, abandi bakomeretse. Iki gitero cyabaye mu…

Abafana ba Arsenal baheruka kuyifungirwa bagize icyo basaba Perezida Kagame

Abafana ba Arsenal baharuka gufungwa bazira kwishimira ko ikipe yabo yatsinze Manchester United, basabye Perezida Paul Kagame kubafasha bakajya kureba…

Urukiko rwategetse umukobwa kwishyura impozamarira umusore yababaje

Urukiko rwo muri Uganda, rwanzuye ko umukobwa yishyura impozamarira umusore bari bemeranyije kubana akaza kumubenga, iyo mpozamarira ijyanye n’agahinda yamuteye.…

Mu magambo y’Ikinyarwanda Minisitiri wo muri Togo yahaye ubutumwa Abanyarwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Togo, Robert Dussey, yanditse ubutumwa mu Kinyarwanda cyiza  agaragaza uburyo yakiriwe anashima imiyoborere ya Perezida, Paul…

Polisi y’u Rwanda yagiranye amasezerano na Kaminuza yo muri America

Polisi y'u Rwanda yasinye amasezerano y'ubufatanye mu by’uburezi n'ubushakashatsi na Kaminuza ya Kent State yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. …

UPDATE: M23 yafashe Kitshanga, ingabo za Congo “ngo ntizarwanira ahari abaturage”

Amashusho agaragaza M23 yinjiye mu gace ka Kitshanga ndetse abarwanyi bayo bivuga ibigwi, ko birukanye umwanzi. Amashusho kandi aharagaza abarwanyi…

“Uko bazaza niko bazakirwa”, Minisitiri Biruta avuga igihe Congo yatera u Rwanda

*Fazil Harerimana "ngo yari kwishima iyo indege ya Congo iraswa ikagwa hasi" Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta…

MONUSCO yasabye inyeshyamba za M23 guhita zihagarika imirwano

Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu Burasirazuba bwa Congo zatangaje ko zihangayikishijwe n’imirwano mishya, umutwe wa M23 uhanganyemo n’ingabo za Congo.…

 Impinduka zitezwe ku murimo mu isi nshya y’ikoranabuhanga, ibyorezo n’imihindagurikire y’ibihe

Inyandiko yanditswe na: NDWANIYE Yvan Mu bihe turimo no mu bihe byashize hari uburyo dusanzwe tuzi umurimo ukorwamo, ibisabwa kugira…