mll6y

Follow:
12708 Articles

Abantu 9 bishwe na Covid-19 abanduye bashya ni 934

Ministeri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 9 bishwe na Covid-19, abanduye bashya ni 934. Imibare y’ubwandu ikomeje kwiyongera yatumye Umujyi wa…

Havutse Minisiteri ishinzwe Ubumwe bw’Abanyarwanda….Kigali n’Uturere 8 muri Guma mu Rugo

Inama y'Abaminisitiri yateranye iyobowe na Perezida Paul Kagame ariko hifashishijwe ikoranabuhanga yashyizeho Ministeri nshya yitwa "Minisiteri y'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu",…

Muhanga: Abazunguzayi ngo kujya mu bucuruzi bwo mu muhanda ni amaburakindi

Abazunguzayi mu Mujyi wa Muhanga bavuga ko gutandika ibicuruzwa byabo hasi, ari amaburakindi kuko babonye igishoro bajya gucururiza mu isoko…

Gasabo: Umugabo bamusanze mu giti amanitse bikekwa ko yiyahuye

Umurambo w’umugabo witwa Mpamira Marcel wari utuye mu Kagari ka Nkusi, mu Mudugudu wa Kigarama mu  Murenge wa Jali mu…

Rayon Sports muri uyu mwaka yinjiye mu isoko ryo kugura abakinnyi ihera kuri Mico Justin

Rayon Sports yamaze kwinjira ku isoko ry’igura n’igurishwa yasinyishije umukinnyi wa mbere, Mico Justin wakiniraga  Police FC imutanzeho miliyoni 10Frw.…

Urwibutso rutazibagirana – Hamida umugore wa Rwatubyaye yahishuye ko bagiye kubyara

Hamida wasezeranye na myugariro Rwatubyaye Abdul agiye kwibaruka ubuheture (umwana wa gatatu) akaba ari umwana azaba abyaranye n’uyu mukinnyi. Rwatubyaye…

Ntwari Fiacre wari intizanyo ya APR FC muri Marines yasinyiye gukinira AS Kigali

Umunyezamu wakiniraga  APR FC, Ntwari Fiacre yasinyiye ikipe ya AS Kigali imyaka ibiri aguzwe asaga miliyoni 8Frw. Kuri uyu wa…

Kigali: Pasiteri arakekwa gusambanya umwana w’imyaka 12

Pasiteri wo mu Itorero Inkuru Nziza aracyekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa w'imyaka 12 wo mu Murenge wa Gitega mu…

Ishuri ryahagaritse kugaburira abanyeshuri bitegura ibizami bya Leta barifitiye umwenda

Nyabihu: Abanyeshuri biga mu mwaka w'amashuri yisumbuye mu ishuri rya Kibihekane TVET School riherereye mu Karere ka Nyabihu bitegura gukora…

Umuturage udashyigikiye aho Akarere kashyize ivomo yafashwe asenya ibyari byubatswe

Rusizi: Kuri uyu wa 13 Nyakanga 2021 ahagana isaa kumi n'imwe z'umugoroba, Ubuyobozi bw'Akagari ka Gitwa mu Murenge wa Mururu…