Elisée MUHIZI

364 Articles

Congo yapfubije umugambi w’iterabwoba i Kinshasa

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yatahuye umugambi w'iterabwoba, wari kwibasira ahantu hatandukanye mu gihugu, bahatera ibiturika. Mu itangazo…

Muhanga: Umugabo yakoze impanuka ihitana umugore we

Ishimwe Alice wakoraga umwuga w'Ubucuruzi mu Mujyi wa Muhanga, yatahanye n'umugabo we mu modoka yabo, asohoka agiye gukingura igipangu cy'inzu,…

Muhanga: Ubuzima bushaririye bw’uwabyaye imburagihe agashyirwa mu gikoni

Manirakiza Claudette umukobwa wabyariye iwabo, avuga ko abayeho mu buzima bubi kuko no kubona ibimutunga we n'uwo yonsa bitoroshye. Manirakiza…

Hamenyekanye amakuru ababaje ku mwana w’umukobwa bikekwa ko yishwe na Se

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Kinazi, mu Karere ka Ruhango yavuze ko umugabo bikekwa ko yishe umwana we w'umukobwa w'imyaka 6…

Muhanga: Abikorera bahishuriwe ahabitse ibanga ry’ubukungu-AMAFOTO

Abikorera bo mu Karere ka Muhanga, bagaragarijwe amahirwe aboneka muri aka Karere basabwa kwishyira hamwe kugira ngo bashore amafaranga atubutse…

Ruhango: Hashyizwe ibigega bifata amazi ku ishuri ryasenyeraga abaturage

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko bwahaye ishuri ribanza rya Kirengeli ikigega gifata amazi ava ku bisenge gifite ubushobozi bwa…

Ruhango: Babangamiwe n’amazi ava ku bisenge by’ishuri agiye kubasenyera

Amazi y'imvura aturuka ku bisenge by'Ishuri ribanza rya Kirengeli abangamiye abarituriye ndetse yaciye umukoki muremure ujya mu mirima yabo. Ishuri…

Muhanga: Urujijo ku rupfu rwa Mvuyekure wari usigaye wenyine iwabo

Abo mu Muryango wa Mvuyekure Vénuste barashinja bamwe mu baturage ko intandaro y'urupfu rwe ari bo yaturutseho. Umubyeyi wa Mvuyekure…

Muhanga: Ibitaro by’ababyeyi biruzura mu mpera za Mutarama

Ibitaro by'iKabgayi ababyeyi basuzumiramo bakanahabyarira biruzura mu mpera z'ukwezi kwa Mutarama uyu mwaka wa 2023. Mu Kiganiro UMJSEKE wagiranye n'Umuyobozi…

Ruhango: Abitwaje intwaro gakondo bakomerekeje abaturage barenga 10

Abantu bitwaje intwaro gakondo batemye abaturage barenga 10 abagera kuri 6 bari mu Bitaro bya Gitwe. Ibi byabaye mu ijoro…