Elisée MUHIZI

431 Articles

Ruhango: Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Kinihira buvuga ko bwamenye amakuru ko hari umubiri w'umuntu umaze imyaka 9 mu biro by'Akagari ka Nyakogo.…

Ruhango: Habonetse umubiri bikekwa ko ari uwazize Jenoside

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango, buvuga ko hari umubiri wabonetse mu kibanza cy' ahari kubakwa 'Maternité' birakekwa…

Umujinya w’umuranduranzuzi watumye umusore ashyira ubuzima bwe mu kaga

Nyanza: Umusore wo mu Karere ka Nyanza, arembeye kwa muganga nyuma yo kugerageza kwiyahura, amakuru avuga ko yagurishije umurima n'inzu,…

Muhanga: Ubuyobozi buri gusuzuma Dosiye 157 z’abatarabonye ingurane 

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko hari dosiye 157 z'abaturage bishyuza ingurane burimo kujonjora kugira ngo abangirijwe imitungo igihe urugomero…

Muhanga: Haguye imvura idasanzwe y’urubura yica amatungo

Imvura nyinshi ivanze n'urubura yishe amatungo y'abaturage yangiza n'imyaka itandukanye mu murenge wa Rongi. Imvura irimo urubura rwinshi yaguye ku…

Nyanza: Ikamyo yo mu bwoko bwa HOWO yagonze abantu 4

Imodoka y'ikamyo yo mu bwoko bwa HOWO yagonze abantu 4, muri bo batatu bahasiga ubuzima undi arembeye mu Bitaro by'i…

Ruhango: Abashakanye basabwe kwizirika ku isezerano ry’urukundo

Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w'Umugore, Umuyobozi w'Akarere ka Ruhango Habarurema Valens yasabye abashakanye ko bagomba kugabanya amaganya no kwihanganirana. Uyu…

Muhanga: Umuvunyi yasabye ko uwasenyewe n’ubuyobozi ahabwa inzu n’ibyaburiyemo

Umuvunyi Mukuru Nirere Madeleine yasabye Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga ko bushakira icumbi Umupfakazi inzego z'ibanze zasenyeye inzu, bukanamusubiza ibihumbi 500…

Umubare muke w’abaganga mu Bitaro bya Nyabikenke uteye inkeke ku bahivuriza

MUHANGA: Umubare muke w'abaganga b'inzobere mu Bitaro bya Nyabikenke uratuma abarwayi bagomba kuhivuriza bajya kuzishakira i Kabgayi. Ibitaro bya Nyabikenke…

Intambamyi ku bubaka inganda i Muhanga zahawe umurongo

Ubwo Minisitiri w'ubucuruzi n'inganda Dr Ngabitsinze Jean Chrisostome yasuraga ahagenewe icyanya cy'inganda, yababwiye ko agiye kubakorera ubuvugizi kugira ngo bubakirwe…