NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Perezida Kagame yahaye umukoro utoroshye ba Gitifu b’utugari

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yahaye umukoro utoroshye abayobozi b'utugari, abasaba kudahishira ikibi no kwikuraho icyaha cyo kurebera…

Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

NYAGATARE: Umugabo wo mu Karere ka Nyagatare yicishije inyundo umugore we ahita atoroka ubutabera ariko asiga yanditse urwandiko rw'irage ry'abana…

Afande Muhoozi yatumiye abanyarwanda mu gitaramo gikomeye muri Uganda

Gen Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yatumiye abahanzi bagezweho mu Rwanda mu gitaramo gikomeye kizabera…

Jean Pierre Bemba yiteguye kuzengereza abagize agatobero Congo

Ishyaka rya Jean Pierre Bemba wahoze ari inyeshyamba kabombo uherutse kugirwa Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ingabo muri Repubulika…

Ubwoba ni bwose ku batuye umujyi wa Nairobi

Abatuye umujyi wa Nairobi batekewe n'ubwoba nyuma y'uko abatavuga rumwe n'ubutegetsi batangaje ko bakomeza imyigaragambyo yamagana kuzamuka kw'igiciro cy'imibereho no…

Intara z’u Burundi zagizwe eshanu zikuwe kuri 18

Mu rwego rwo kwirinda gukomeza gutatanya imbaraga mu bikorwa byo kuyobora no guteza imbere ibice by’u Burundi, Intara z'iki gihugu…

HUYE: Polisi ifunze Gitifu wagonze abaturage yahaze ibisindisha

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara, Tumusifu Jérôme afungiwe mu Karere ka Huye nyuma y'uko agonze abantu…

Javanix na Racine bakoze indirimbo iri mu njyana idasanzwe mu Rwanda-YUMVE

Umuhanzi Irankunda Javan uzwi nka Javanix ukorera umuziki mu Ntara y'Iburengerazuba mu Karere ka Rusizi yakoranye indirimbo n'umuraperi Racine bise…

Nyamagabe: Abasigajwe inyuma n’amateka barasaba aho kwigira gusoma

Abaturage bo mu karere ka Nyamagabe basigajwe inyuma n'amateka batazi gusoma no kwandika barasaba aho kubyigira nkuko byahoze, ubuyobozi bwo…

Gikondo: Ahitwaga kuri “Morgue” hagiye kubera igiterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge n’uburaya

Itorero rya ADEPR Gashyekero ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Gikondo, bateguye igiterane cy’ivugabutumwa, kigamije gufasha ibyiciro bitandukanye kuva mu ngeso…