NDEKEZI Johnson

1011 Articles

Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo abanyabirori bahurire mu gitaramo cya East African Party

Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo abakunda umuziki bahurire mu gitaramo cy'amateka gitangiza umwaka wa 2023 kizahuriramo abahanzi b'abanyarwanda gusa. Ni…

Jolis Peace yikije ku mvano y’imikoranire ya hafi na Davydenko

Umuhanzi Nyarwanda Peace Jolis uri mubakunzwe n'ingeri zose, yasobanuye imvano y'imikoranire bya hafi na Asharaf Davy Mvuyekure wamamaye nka Davydenko…

Uko imirwano mishya yagenze hagati ya M23 n’ingabo za Congo

Ni imirwano mishya yatangijwe n'ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo n'abo bifatanyije ku isonga barimo FDLR, imirwano yasize FARDC…

Ishyaka rya Green Party ryatoye abarihagarariye i Nyaruguru

Abarwanashya b'ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) ryatoye abariyoboye kugeza no ku rubyiruko.…

Gasabo: Imiryango 40 yasezeranye mu birori biryoheye ijisho- AMAFOTO

Imiryango 40 yabanaga binyuranyije n’amategeko yashyingiranywe imbere y’amategeko, ku wa 16 Ukuboza 2022, ikorerwa ibirori by'agatangaza n'umuryango wa FPR-Inkotanyi ihabwa…

Kicukiro: Abahoze mu biyobyabwenge n’uburaya bagiye kwigishwa ubudozi

Abaturage 56 bo mu Murenge wa Gikondo mu Karere ka Kicukiro bahoze bakoresha ibiyobyabwenge n'izindi ngeso mbi zirimo uburaya ,…

Abanyarwanda basabwa kudatererana abangavu baterwa inda z’imburagihe

Bamwe mu bangavu babyaye inda z’imburagihe basaba ko buri munyarwanda yagira uruhare mu guhangana n'ihohoterwa bahura naryo nyuma yo kwibaruka.…

Abacuruzi bihanangirijwe kuzamura ibiciro uko bishakiye

Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’ihiganwa mu bucuruzi, Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi ( RICA)…

Nyanza: Umukuru w’umudugudu arafunzwe, ushinzwe umutekano na we arashakishwa

Umukuru w'umudugudu n'ushinzwe umutekano bo mudugudu wa Gatongati mu kagari ka Mututu mu murenge wa Kibirizi mu karere ka Nyanza…