NSHIMIYIMANA THEOGENE

166 Articles

Huye: Abana 3 basizwe bafungiranye mu nzu umwe arapfa

Abana batatu bo mu Karere ka Huye basizwe bafungiranye mu nzu maze yibasirwa n'inkongi y'umuriro umwe muri bo ahasiga ubuzima…

Rachid yasabye gufatwa nka Bamporiki cyangwa Dr Isaac Munyakazi

*Ibyaha akurikiranyweho ngo bizabazwe Google kuko ibiganiro bye byatambutse kuri YouTube Hakuzimana Abdoul Rachid uregwa ibyaha bitandukanye arasaba kuburana adafunze…

Gisagara: Uwatwikiwe urutoki arasaba gushumbushwa

Umuturage wo mu karere ka Gisagara aratabaza ngo ashumbushwe nka bagenzi be kuko ubuzima abayeho n'umuryango we bukomeye nyuma yo…

Umunyeshuri wigaga muri Kaminuza yishwe na moto

Kayonza: Impanuka ya moto yabereye mu karere ka Kayonza, yishe uwari umunyeshuri wiga muri Kaminuza. Iyi mpanuka yabereye mu mudugudu…

Uwahungiye muri ISAR Rubona yavuze ko atazi Dr. Rutunga Venant

Umutangabuhamya watanze ubuhamya bwa nyuma akaba yarahamagajwe n'urukiko kuko yagaragaye mu mashusho (video) yavuze ko atazi Dr Rutunga Venant. Umutangabuhamya…

Urukiko rwahaye agaciro raporo ivuga ko Karasira arwaye ariko bitamubuza gutekereza neza

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipika ruri i Nyanza mu Majyepfo y'u Rwanda rwatesheje agaciro ubusabe bwa Karasira…

RIB yinjiye mu kibazo cy’uwishwe n’icyayi n’irindazi

NYANZA: Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwatangiye iperereza ku rupfu rw'umwana w'imyaka ine y'amavuko bikekwa ko yishwe n'icyayi n'irindazi bihumanye. Byabereye…

Abagabo 4 batawe muri yombi nyuma y’umurambo wagaragaye muri Ruhondo

Burera: Umugabo wari kumwe n'abandi umurambo we wasanzwe mu kiyaga, abo bari kumwe na we bahise batabwa muri yombi. Byabereye…

Amajyepfo: Barasaba ko hongerwa iminsi EXPO imara

Bamwe mu bitabiriye imurikagurisha ryo mu ntara y'Amajyepfo baravuga ko iminsi ryabayeho yabaye micye bagasaba ko ubutaha izongerwa. Iminsi icumi…

Nyanza: Mu mazi hasanzwe umurambo w’umwana w’umukobwa

Mu kidendezi cy'amazi hasanzwe umurambo w'umwana w'umukobwa ubuyobozi buvuga ko yari yagiye ari kumwe n'abandi Byabereye mu karere ka Nyanza…