NSHIMIYIMANA THEOGENE

166 Articles

Karasira yavuze ku muganga wamuhaga imiti itera ibyishimo yamagana raporo arimo

Iburanisha rya none ryibanze kuri raporo yakozwe n'abaganga batatu ari bo Docteur Xavio Butoto, Docteur Chadrack Ntirenganya na Docteur Mudenge…

Umunyamategeko waje gushinjura Dr. Rutunga Venant yahaswe ibibazo

Uwahoze ari umunyamategeko mu kigo cya ISAR Rubona, Arséne RUTIYOMBA yashinjuye mu ruhame Dr.Venant Rutunga uregwa ibyaha bya Jenoside, akaba…

RBC yasobanuye impamvu yatangiye gukingira Imbasa abana batarengeje imyaka 7

Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyasobanuye impamvu kiri gukingira Imbasa abana batarengeje imyaka irindwi y'amavuko. Mu Rwanda hatangiye igikorwa cyo…

Babwiye RIB ko banywa Kanyanga bagira ngo bacurike inzoka

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kamonyi babwiye Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) ko hari abanywa ikiyobyabwenge cya Kanyanga bagamije…

Abana b’abakobwa basabwa gutunga ingo cyangwa kwitunga, bibashora mu ngeso mbi

Nyamagabe: Abakobwa bo mu murenge wa Kitabi, bashinja ababyeyi babo kubaha inshingano bakiri bato zo guhahira iwabo, bigatuma bishora mu…

Abarundi baryohewe n’iserukiramuco bitabiriye i Nyanza

Abarundi bitabiriye iserukiramuco ry'i Nyanza bavuga ko nyuma yo kubona ibyahabereye n'urugwiro bakiranwe, byatumye bagira ishyari ryiza. Iserukiramuco ryabereye i…

Abagore barashinjwa guhohotera abagabo bitwaje RIB

NYARUGURU: Bamwe mu bagabo bo mu karere ka Nyaruguru barashinja abagore babo kubahohotera babakangisha ko iyo umugabo abavuze bahamagara Urwego…

Umuyobozi wa Wagner yemeje gahunda yo gushinga imizi muri Afurika

Umuyobozi w’itsinda ry’abacanshuro rya Wagner, Yevgeny Prigozhin, avuga ko bazakomeza kurwana mu bihugu bya Afurika aho basanzwe bari kugera igihe…

Hafashwe ingamba zikomeye mu kigo abarimu bakuriyemo inda umunyeshuri

Abayobozi bose bari bafite aho bahurira n'imyitwarire yo mu ishuri rya Sainte Trinite Nyanza T.S.S bakuwe mu nshingano hanafatwa izindi…

Nyamagabe: Abavomaga mu kabande barishimira amazi meza bahawe

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Shaba, mu Murenge wa Kitabi mu Karere ka Nyamagabe, baravuga ko bagiye kongera…