UPDATED: Umunyeshuri warohamye mu cyuzi cya Bishya, umurambo we wabonetse
UPDATE: UMUSEKE wahawe amakuru ko umurambo w'umusore (Umunyeshuri) warohamye mu cyuzi cya…
U Bushinwa bwashimye umusanzu wa Wisdom Schools mu burezi mpuzamahanga
Ambasaderi w'Ubushinwa mu Rwanda, H.E Wang Xuekun yishimiye umusanzu Ishuri Mpuzamahanga, Wisdom…
Hari abana basigajwe inyuma n’amateka bajya ku ishuri bashaka ifunguro rya ku manywa gusa
Nyamagabe: Bamwe mu babyeyi bo mu Karere ka Nyamagabe bavugwaho kugira uruhare…
Polisi yarashe uwo bikekwa ko ari umujura, ngo yarwanyije inzego
Rubavu: Polisi y'u Rwanda yarashe uwo bikekwa ko ari umujura ahita apfa,…
Rusesabagina yise instinzi irekurwa rye
Paul Rusesabagina wari warahamwe n’ ibyaha by’iterabwoba mu Rwanda ariko akaza guhabwa…
Ruhango: Meya yasabye abafatanyabikorwa kwisanzura, bagateza imbere umuturage
Mu gutangiza imurikabikorwa ry'abafatanyabikorwa bagize JADF Ruhango umuyobozi w'akarere ka Ruhango Habarurema…
Abo Abacengezi batwikiye ibyangombwa Urukiko rwatangiye kubarenganura
Muhanga: Urukiko rw'Ibanze rwa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, rwatangiye kuburanisha imiryango…
Nyanza: Umunyeshuri yishwe n’akabuno k’ikaramu
Umwana wiga mu ishuri ribanza riri mu murenge wa Mukingo, mu karere…
Huye: Ubuziranenge bw’ibiribwa babwumva nk’umugani
Abanyarwanda bavuga ukuri ko akeza kigura ! ibyiza bivugwa mu biribwa si…
M23 irashinjwa ubwicanyi no gufata abagore ku ngufu – Raporo
Umuryango Mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch, washinje umutwe w'inyeshyamba…
Abo ku Musozi w’Ubumwe basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama
Umuryango Rabagirana Ministries usanzwe ukora ibikorwa by’Isanamitima n’Ubudaheranwa, wahurije hamwe abo mu…
Ukraine yahitanye Gen Sergei Goryachev wo mu ngabo z’Uburusiya
Igitero cy’ingabo za Ukraine biravugwa ko cyaguyemo umusirikare mukuru mu ngabo z’Uburusiya,…
Barasaba guhugurwa ku mabwiriza y’ubuziranenge busabwa mu buhinzi
Abahinzi mu bice bitandukanye by'Igihugu bagaragaza imbogamizi zo kutamenya byimbitse ku kwita…
Abize n’abakoze muri ESCLM Nyanza basubiye aho bize gufasha abarimo kuhiga ubu
Ihuriro ry'abanyeshuri bize n'abakoze muri Ecole des Sciences Saint Louis de Montfort…
Gatsibo: Umusaza w’imyaka 61 yasanzwe mu murima yapfuye
Umusaza w’imyaka 61 wo mu Karere ka Gatsibo,yasanzwe mu murima yapfuye, bikekwa…