Muhanga: Zaninka Adela w’Imyaka 82 y’amavuko, yagiye guteka mu gikoni, agwa mu ziko arashya kugeza ubwo apfuye. Urupfu rw’uyu mukecuru…
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ikeneye abakozi barenga 3000 bo gukora ibikorwa by’ubutabazi bwihuse mu gihe hagaragaye ahantu habereye impanuka cyangwa…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko hari miliyari zirenga eshatu z'amafaranga y’u Rwanda zashowe mu gukora imihanda ya Kaburimbo iherereye…
Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga y'Ubufaransa yasabye abaturage bafite ubwenegihugu bw'Ubufaransa kuva muri Mali bigishoboka. Itangazo riburira abaturage rivuga ko Abafaransa bava…
Umuryango Nyarwanda w’Abantu bafite ubumuga bw’uruhu (OIPPA) winjiye mu rugamba rwo kurwanya inda zitateguwe no gukundisha abakobwa kwishakamo ibisubizo aho…
Minisitiri w'Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, yatangaje ko Leta y'u Rwanda iri gusuzuma ishyirwaho ry'itegeko rikumira abana bari munsi y'imyaka…
Sign in to your account