Amakuru aheruka

Umukecuru w’imyaka 82 yaguye mu ziko  atetse

Muhanga: Zaninka Adela w’Imyaka 82 y’amavuko, yagiye guteka mu gikoni, agwa mu ziko arashya kugeza ubwo apfuye. Urupfu rw’uyu mukecuru…

MINISANTE ikeneye abakozi barenga 3000 bakora ubutabazi bwihuse

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ikeneye abakozi barenga 3000 bo gukora ibikorwa by’ubutabazi bwihuse mu gihe hagaragaye ahantu habereye impanuka cyangwa…

Muhanga: Miliyari 3Frw zashowe mu gukora imihanda ya kaburimbo i Gahogo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko hari miliyari zirenga eshatu z'amafaranga y’u Rwanda zashowe mu gukora imihanda ya Kaburimbo iherereye…

Ubufaransa bwasabye abaturage babwo guhita bava muri Mali

Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga y'Ubufaransa yasabye abaturage bafite ubwenegihugu bw'Ubufaransa kuva muri Mali bigishoboka. Itangazo riburira abaturage rivuga ko Abafaransa bava…

Umuryango OIPPA winjiye mu rugamba rwo kurwanya inda zitateguwe

Umuryango Nyarwanda w’Abantu bafite ubumuga bw’uruhu (OIPPA) winjiye mu rugamba rwo kurwanya  inda zitateguwe no gukundisha abakobwa kwishakamo ibisubizo aho…

Rwanda – Abari munsi y’imyaka 16 bashobora kubuzwa imbuga nkoranyambaga

Minisitiri w'Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, yatangaje ko Leta y'u Rwanda iri gusuzuma ishyirwaho ry'itegeko rikumira abana bari munsi y'imyaka…

- Advertisement -
Ad image