Amakuru aheruka

StarTimes yahananuye ibiciro bya Dekoderi mu buryo butigeze bubaho ubu ni 3,000Frw

Ku nshuro ya mbere mu mateka, Dekoderi yacu ya DTH HD ubu

Kirehe: Hari uvuga ko “Mudugudu yamusabye ku gitandukanya umugore n’umugabo” akimwimye aramwirukana

*Mudugudu avuga ko umugore ubivuga amuharabika, *Ikibazo inzego z’umurenge zarakimenye ndetse zigira

Gicumbi: Uko urubyiruko rwikura  mu bukene, bakora imbabura zirondereza ibicanwa 

Rumwe mu rubyiruko rw’Akarere ka Gicumbi ruvuga ko nyuma yo gufashwa kwiga

Umwe mu bagabo bakekwaho gukubita Perezida Macron ni umufana wa Hitler

Mu nzu y’ukekwaho gukubitira urushyi mu ruhame Perezida Emmanuel Macron hasanzwe igitabo

DRC: Abantu 19  baguye mu gitero cyabereye ku  bitaro  bya Bago mu Ntara ya Ituri

Umuryango w’Abaganga batagira umupaka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (MSF), watangaje

Nyamasheke: Ababyeyi basobanuriwe icyo amategeko y’u Rwanda ateganya ku gukuramo inda

Mu Karere ka Nyamasheke ababyeyi bafite abana bari munsi y'imyaka 18 babyariye

Inyandiko ni ikigega n’umurage, ibyo wamenya ku Ishyinguranyandiko y’Igihugu

Inteko y’Umuco yavuze ko  ibigo bifite uruhare rukomeye mu kubungabunga inyandiko zibitse

Yatsindiye ubutaka bwe none arasabwa gusubira mu rukiko, ngo agiye gusubira kwa Perezida

Musanze:  Nyirangoragore Helene umaze igihe kirekire aburana ubutaka, kugeza n’aho agiye kwa

Burundi: Sheikh Ndikumana yasabye Minisitiri kwegura ahita atabwa muri yombi

*Sheikh Ndikumana yavuze ko Minisitiri nadasaba imbabazi mu minsi 7 agomba guhura

Nyagatare/Rwimiyaga: Barasaba ko Ikigega cyo kuzahura ubukungu cyagera ku bagore bo mu cyaro

Ubushakashatsi butandukanye bukorwa mu Gihugu bugaragaza ko abacuruzi b’abagore bagira uruhare rukomeye

Cricket: U Rwanda rwabonye insinzi, Namibia ikomeza kwerekana ubukaka mu irushanwa ryo kwibuka

Imikino y'umunsi wa Kane mu irushanwa ryo kwibuka Abazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Ruhango: Urubyiruko rwasabwe gushungura ibyandikwa ku mbuga nkoranyambanga

Mu bikorwa by'ukwezi kwahariwe ubumwe n'ubwiyunge, Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bwasabye abakirikirana

Ubufaransa: MK Isacco yateguje indirimbo yakozwe naba Producers Mpuzamahanga

Umuhanzi MK ISACCO yateguje abakunzi be amashusho y'indirimbo ye nshya yakozwe naba

Muhanga: Abacuruza injyamani barashinjwa kugurisha imisaraba bakuye ku mva

Abaturiye amarimbi 2 yo mu Mujyi wa Muhanga bavuga ko hari abantu