Amakuru aheruka

Musanze: Covid-19 yazahaje ibikorwa by’abagore bakora ubukorikori

Abagore bakora ibihangano binyuze mu bukorikori mu Karere ka Musanze barataka igihombo

Ange Kagame yashyize hanze ifoto Perezida akina n’umwuzukuru we

Mu gihe isi yose yizihiza umunsi wahariwe ababyeyi b’abagabo, Umukobwa wa nyakubahwa

Minisitiri w’Intebe wa Israel yibasiye bikomeye Ebrahim Raisi uzayobora Iran

Minisitiri w’intebe wa Israel yavuze ko amahanga akwiye "gukanguka" nyuma y’itorwa ry’uzaba

Gicumbi: Abatuye Bwisige barataka ubwigunge kubera kutagira imodoka itwara abagenzi

Abaturage bo mu Murenge wa Bwisige mu Karere ka Gicumbi bavuga ko

GS Ste Famille yirukanye abanyeshuri 20 mu bazokora ikizami cya Leta

Nyarugenge: Abanyeshuri bagera kuri 20 bo mwaka wa gatatu w'amashuri yisumbuye kuri

OMS yatangaje ko icyorezo cya Ebola cyarangiye muri Guinea

Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima OMS, ryatangaje ko indwara ya Ebola

APR FC yihereranye Marine Fc iyitsinda ibitego 6-0 ishyira AS Kigali mu mazi abira

Mu mukino w’umunsi wa gatandatu wabereye i Huye kuri uyu wa Gatandatu,

Guverinoma ya Uganda yashyizeho Guma mu rugo

Guverinoma ya Uganda yashyizeho Guma mu Rugo nyuma y’ubwiyongere bw’ubwandu n’impfu za

Musanze: Abagore bakora ibifitanye isano n’ubukerarugendo barashima Ikigega Nzahurabukungu

Akarere ka Musanze ni kamwe mu Turere dufatwa nk’inkingi ya mwamba y’ubukungu

Rayon Sports irazira iki? Gutsindwa na APR FC birasanzwe? Izigaranzura? – ISESENGURA

APR FC imaze igihe itsinda Ikipe ya Rayon Sports mu buryo bworoheje,

Huye: Umubyeyi watwaye umwana kuri moto mu buryo bugayitse arashakishwa

*Motari wari umuhetse yatawe muri yombi Uyu mumotari witwa Vedaste Nzayisenga ukorera

Burundi: Perezida Ndayishimiye yavuze isengesho ryo Kwicuza ibyaha imbere y’abaturage

Ku munsi wo kwizihiza umwaka ushize Perezida Evariste Ndayishimiye abaye Umukuru w’Igihugu,

Iran yiteguye kuyoborwa na Perezida mushya witwa Ebrahim Raisi

Ebrahim Raisi w’imyaka 60, ni we usa n’uwamaze gusimbura Hassan Rouhani, azarahira

Amavugurura y’ikoranabuhanga rikoreshwa muri Cyamunara azarandura uburiganya bwabagamo

Minisiteri y’Ubutabera ivuga ko amavugura yakozwe mu Ikoranabuhanga rikoreshwa mu kurangiza imanza

Perezida Kagame yazamuye abasirikare 4 ku ipeti rya Colonel barimo Umuvugizi wa RDF

Itangazo ryasohowe n'Ingabo z'u Rwanda rivuga ko Perezida Paul Kagame yazamuye mu