Nepal: Hari ubwoba ko abantu bose bari mu ndege bishwe n’impanuka
Polisi yo muri Nepal ivuga ko icyizere cyo kubona abantu bazima mu…
Kim Jong-un n’umukobwa we batunguye Isi
Umuyobozi wa Korea ya Ruguru, Kim Jong-un yagaragaye mu ruhame ari kumwe…
Korea ya Ruguru na Korea y’Epfo zarashe ibisasu imwe yerekeza mu cyerekezo cy’indi
Bwa mbere nyuma y’igihe kirekire, Korea ya Ruguru na Korea y’Epfo zarashe…
UPDATE: Imibare y’abapfiriye mu birori muri Korea igeze ku 154
UPDATE: Abantu 154 bamenyekanye ko bapfiriye mu birori byo kwishimira ikurwaho ry’amabwiriza…
Abantu 28 bishwe n’iturika ryabereye mu kirombe muri Turukiya
Abantu 28 byemejwe ko bapfuye abandi baracyashakishwa nyuma y’iturika ryabereye mu kirombe…
Uwahoze ari umupolisi yishe abantu 38 nyuma yica umugore we n’umwana
Muri Thailand, umugabo yateye ku ishuri ryakirana inshuke yica abana 22 nyuma…
Amerika na Korea y’Epfo byarashe ibisasu byo gusubiza Korea ya Ruguru
Igisirikare cya America gifatanyije n’icya Korea y’Epfo byarashe ibisasu bya misile byo…
Indonesia: Abantu 174 bapfiriye mu mvururu zo kuri Stade
Abantu 174 bapfiriye mu mvururu zo ku kibuga mu kirwa cya Java…
Afghanistan yarekuye Umunyamerika wari umaze imyaka ibiri ashimuswe
Mu itangazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasohoye kuri uyu…
AS Kigali yiswe bihemu n’abayihozemo kubera kwimwa agahimbazamusyi
Mu kubatera akanyabugabo, abakinnyi ba AS Kigali bemerewe ibihumbi 900 Frw nk'agahimbazamusyi…
Inshuti ya benshi ku Isi, Shinzo Abe byemejwe ko yapfuye nyuma yo kuraswa
*Uwamurashe yavuze icyo yamuhoye Mu masaha ya ku manywa mu Buyapani ahagana…
Shinzo Abe wabaye Minisitiri w’Intebe mu Buyapani yarasiwe mu ruhame – AMAFOTO
Amakuru avuga ko Minisitiir w’Intebe wacyuye igihe mu Butapani, Shinzo Abe yituye…
Ubushinwa bwateguje intambara igihe America yafasha Taiwan kwigenga
Hashize igihe America irebana ay’ingwe n’Ubushinwa, ubu ibihugu birapfa Taiwan, Ubushinwa bwaburiye…
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu, Sheikh Khalifa yapfuye
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu, (Emirats arabes unis/ United Arab Emirates,…
Indege ya sosiyete yo mu Bushinwa yafashwe n’inkongi yitegura kuguruka
Abagenzi 113 ni bo bari muri iyi ndege ndetse n’abakozi bayikoramo 9,…