Inkuru Nyamukuru

Muhanga: Ikirombe cyagwiriye umugabo aheramo

Twagirimana w'imyaka 35 y'amavuko yagwiriwe n'ikirombe kuva saa kumi nimwe z'umugoroba wo

UPDATE: U Bufaransa bwashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, Gabriel Attal, wasimbuye

U Rwanda rwinjije tiliyali 1 Frw mu bikomoka ku buhinzi n’ubworozi

Imibare y’Ikigo gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi

Umukinnyi wa Kiyovu Sports yafatiriye ibikoresho by’ikipe

Rutahizamu wa Kiyovu Sports, Obediah Mikel Freeman, yafatiriye ibikoresho birimo imipira kubera

Nyamasheke: Umuhanda wangiritse uteza ibihombo abaturage

Abaturage bo mu Kagari ka Karusimbi mu Murenge wa Bushenge, mu karere

Umufasha wa Gen Muganga yanyomoje abakwije ko yahunze igihugu

Umufasha w'Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda, Madamu Solange Kamuzinzi Mubarakh yanyomoje bikomeye

Congo yigaramye ibyo kwakira impunzi za Palestine ziva muri Gaza

RD Congo na Congo Brazaville bahakanye ibyakwijwe n'ibitangazamakuru ko haba hari ibiganiro

Kamonyi: Umusore muto yishwe atewe icyuma

Mu karere ka Kamonyi, abagizi ba nabi bishe umusore witwa Kwibuka Emmanuel

Urugo rwa Moise Katumbi rwagoswe n’imodoka z’intambara

Moise Katumbi uherutse guhangana na Felix Antoine Tshisekedi mu matora y'umukuru w'igihugu

Kigali – Amayobera ku cyateye umwana wa Afande kwiyahura

Urupfu rw'umusore w'imyaka 24 wo mu rugo rw'umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant

Sena igiye kugenzura imibereho y’amakoperative y’ubuhinzi n’ubworozi

Sena y’u Rwanda yateguye igikorwa cyo gusura amakoperative 60 y’ubuhinzi n’ubworozi mu

Kenya: 15 bapfiriye mu mpanuka

Muri Kenya abantu 15 bapfuye abandi barakomereka mu mpanuka y’imodoka yabaye  mu

Ubushinwa bwafatiye ibihano Kompanyi zo muri Amerika

Ubushinwa bwemeje ko bwafatiye ibihano bikakaye ibigo by'ubucuruzi bikomeye byo muri Amerika

Gakenke: Umusore yatemye murumuna we nawe ariyahura

Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we nyuma yo gukimbirana bapfa imitungo y'iwabo,

RIB yafunze abantu batatu bakekwaho gucura ibyangombwa byo kubaka

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwataye muri yombi abantu batatu barimo Enjeniyeri , bakekwaho