Inkuru Nyamukuru

Sena igiye kugenzura imibereho y’amakoperative y’ubuhinzi n’ubworozi

Sena y’u Rwanda yateguye igikorwa cyo gusura amakoperative 60 y’ubuhinzi n’ubworozi mu

Kenya: 15 bapfiriye mu mpanuka

Muri Kenya abantu 15 bapfuye abandi barakomereka mu mpanuka y’imodoka yabaye  mu

Ubushinwa bwafatiye ibihano Kompanyi zo muri Amerika

Ubushinwa bwemeje ko bwafatiye ibihano bikakaye ibigo by'ubucuruzi bikomeye byo muri Amerika

Gakenke: Umusore yatemye murumuna we nawe ariyahura

Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we nyuma yo gukimbirana bapfa imitungo y'iwabo,

RIB yafunze abantu batatu bakekwaho gucura ibyangombwa byo kubaka

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwataye muri yombi abantu batatu barimo Enjeniyeri , bakekwaho

Nyanza: Gitifu arashinjwa gukubita umuturage hafi yo kumwica

Abaturage bo mu Murenge wa Kibilizi, barashyira mu majwi umunyamabanga Nshingwabikorwa na

Nyamasheke: Hari abaturiye i Kivu batazi icyanga cy’isambaza

Abaturage bo mu Murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke bavuga ko

Muhanga: Imihanda yangiritse itaratahwa yatangiye gusubirwamo

Imihanda mishya ya Kaburimbo mu Karere ka Muhanga yangiritse itaratahwa yatangiye gusubirwamo,

Nyanza: Umugabo yagiye kwiba ihene ahasiga ubuzima

Umugabo wo mu Karere ka Nyanza witwa Nshimiyimana Vianney alias Amani yafatiwe

Gasabo: Abubakaga Hotel bagwiriwe n’umukingo

Abantu bane bagwiriwe n’umukingo, batatu barakomereka, umwe ahita yitaba Imana, ubwo bari

Padiri Ubald Rugirangoga yubakiwe ikibumbano

Ahazwi nko ku Ibanga ry’Amahoro mu Karere ka Rusizi mu Murenge wa

Tshisekedi yaburiwe ko gutera u Rwanda ari nko kwiyahura

Lawrence Kanyuka, Umuvugizi w'Umutwe wa M23 yabwiye Perezida wa Repubulika ya Demokarasi

Gen Dagalo urwanya Sudan yize byinshi mu Rwanda

Gen Mohamed Hamdan Dagalo, yatangaje ko yigiye amasomo atandukanye ku Rwanda, Abanya-Sudani

Ishyaka ryo mu Burundi rirasaba ko imipaka ibuhuza n’u Rwanda ifungwa

Ishyaka rya APDR ryo mu gihugu cy'u Burundi rirasaba ubutegetsi bwa Ndayishimiye

Nyabihu: Abayobozi babiri bakurikiranyweho kwica umuntu

Abayobozi babiri bo mu Murenge wa Bigogwe batawe muri yombi bakekwaho icyaha