Inkuru Nyamukuru

Tshisekedi mu ikorosi ryo gusasa inzobe na M23

Umuyobozi w'Urwego Ngishwanama rw'Inararibonye z'u Rwanda, Tito Rutaremara, yemeje ko Perezida Tshisekedi

Huzuye ibitaro by’indwara zo mu mutwe zibasiye Abaturarwanda

Nyuma y'ubushakashatsi bwa RBC buherutse kugaragaza ko umuntu umwe muri batanu mu

Muhanga: Abagizi ba nabi bishe umuzamu warariraga butiki

Kavamahanga Evariste w’imyaka 28, wo mu karere ka Muhanga, yasanzwe yapfuye, umurambo

Tonzi yasohoye Album ya Cyenda ‘Respect’ yahuriyemo n’ibizazane

Uwitonze Clémentine uzwi nka Tonzi yashyize hanze album ye ya cyenda yise

SADC yasohoye itangazo ku ngabo zayo yohereje muri Congo

Umuryango w’ibihugu bya Africa y’Amajyepfo, SADC watangaje ko wohereje ingabo mu burasirazuba

Muhanga: Umugore wari ugiye kurya ubunani yapfuye bitunguranye

Uwamahoro Jeannine w’imyaka imyaka 38 y’amavuko wo mu karere ka Muhanga, yapfuye

Kimenyi Yves yasezeranye mu mategeko na Muyango

Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi na AS Kigali, Kimenyi Yves na Miss Uwase

Nibagwire Libellée yatangiye akazi muri Rayon (AMAFOTO)

Umukinnyi w’ikipe y’Igihugu y’Abagore, Nibagwire Libellée wari kapiteni wa AS Kigali Women

‘Imana ikojeje isoni satani ‘ Pasiteri Bugingo uherutse kuraswa

Pasiteri Bugingo Alyosius uyoboye itorero rya House of Prayer Ministries, ryo mu

Gicumbi: Umukozi w’Umurenge yatabawe ashaka kwiyahura

Umukozi w’Umurenge wa Ruvune, mu karere ka Gicumbi yabwiye umugore ko yakwiyahura,

Meteo Rwanda yateguje imvura idasanzwe

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko muri uku kwezi

Uganda: Uhirimbanira uburenganzira bw’abatinganyi yatewe ibyuma

Steven Kabuye, Umunya-Uganda uzwi cyane mu guhirimbanira uburenganzira bw'abatinganyi, yatezwe igico n'abantu

Uwafunzwe azira dosiye y’abapfuye bakorera RAB aridegembya

NYANZA: Umukozi wa RAB watawe muri yombi akekwaho uburangare mu rupfu rw'abantu

Muhanga: Imihanda mishya ya kaburimbo yabaye igisoro itaratahwa

Imihanda mishya ya Kaburimbo iherereye mu Mujyi wa Muhanga, UMUSEKE wamenye amakuru

Gen Muhoozi yashenguwe n’iraswa ry’umupasiteri

Gen Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yababajwe