Inkuru Nyamukuru

Ubuzima bugoye bwa Mukamurenzi umaze imyaka 29 ashakisha umuryango we

Mukamurenzi ni umubyeyi w'abana babiri utuye mu Karere ka Musanze mu Murenge

Muhima: Umugabo yapfiriye muri Lodge

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru mu Murenge wa Muhima, umugabo yapfiriye

Abanyamuziki b’i Gisenyi bazataramira abakunzi babo ku munsi mukuru w’Ilayidi

Umunsi Mukuru wa Eid al-Fitr ni umwe mu yubahwa cyane n’Abayisilamu b’ingeri

Kiyovu yatsinze AS Kigali bishyira APR mu ihurizo

Ni umukino wagombaga gutangira Saa cyenda z'amanywa zuzuye ariko itangira zirenzeho iminota

Abarokokeye i Runda barifuza ikimenyetso cy’amateka ya Jenoside kuri Nyabarongo

Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, barifuza ko ku kiraro

Imikoranire ya gisirikare, ikoranabuhanga, ibyitezwe ku ruzinduko rwa Perezida Kagame muri Benin

Perezida Paul KAGAME na Madamu Jeannette Kagame bar i Cotonou mu murwa

Polisi yarashe ukekwaho uruhare mu rupfu rw’umukozi w’Akarere

KAMONYI: Kubwimana Daniel w'imyaka 33 wari ukurikiranyweho kugira uruhare mu rupfu rwa

Kenya: Abantu bapfiriye mu ishyamba bategereje guhura na Yesu

Muri Kenya kuwa Kane tariki ya 13 Mata 2023, abantu bane (4),

Sgt Robert ararize! Umugore bahunganye bageze Uganda aramuhemukira (VIDEO)

*Naramukundaga cyane pe, na we aho ari arabizi, naramukundaga cyane, cyane ariko

Mu cyumweru cyo Kwibuka abantu 62 bagaragaje ingengabitekerezo ya Jenoside

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko mu cyumweru cyo Kwibuka ku nshuro

Uwarokotse Jenoside yabyutse asanga indabo ku idirishya

NYABIHU: Mukadisi Jeannette wo mu Kagari ka Rega mu Murenge wa Bigogwe

Polisi yafashe imyanzuro ikakaye ku bujura buherekejwe n’ubugizi bwa nabi

Polisi y’igihugu yatangaje ko itazigera ijenjekera ubugizi bwa nabi ,ihumuriza abanyarwanda ku

Nyakabanda: Ingamba zikomeje gukazwa! Hafashwe 24 bakekwaho ubujura

Inzego z'Umutekano mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge, zakoze umukwabu wasize

Perezida Tshisekedi yakoze Intare mu jisho! Ngo ntabwo azigera aganira na M23

*M23 yahise isubiza ko ubwo nta biganiro, ibindi byose na byo byarorera

Police FC yakoze impinduka mu buyobozi

Ubuyobozi bw'ikipe ya Police FC, bwakoze impinduka zitunguranye, uwayiyobora asimburwa n'uwari umwungirije